• Mon. May 6th, 2024

Amerika

  • Home
  • Abakora mu ishami ry’u buzima mu muryango w’Abibumbye, bagaragaje impungenge zikomeye ku ndwara y’ibicurane by’ibiguruka iri gukwirakwizwa mu bantu.

Abakora mu ishami ry’u buzima mu muryango w’Abibumbye, bagaragaje impungenge zikomeye ku ndwara y’ibicurane by’ibiguruka iri gukwirakwizwa mu bantu.

Ishami ry’u muryango w’Abibumbye ryita ku buzima bw’abantu ryerekanye ‘impungenge’ zikomeye rifite ku bicurane by’ibiguruka biri gu kwikwirakwizwa mu bantu. Ni byatangajwe na Dr Jeremy Farrar, umuhanga mu bya siyanse.…

Leta ya Iran iheruka kugaba igitero kitaziguye kuri Israel, igiye gufatirwa ibindi bihano bikarishye.

Ubumwe bw’i bihugu by’u Burayi bwafashye icyemezo cyo gufatira ibindi ibihano leta ya Iran iheruka kugaba igitero gikaze kuri Israel. Ni byatangajwe na perezida uyoboye aka Nama k’i bihugu by’u…

Igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyahaye isomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri Israel.

Bidasubirwaho igisirikare cya leta Zunze ubumwe z’Amerika cyahaye isomo Iran yagabye ibitero kuri Israel. Ni mu bitero bikomeye igihugu cya Iran cyagabye muri Israel ikoresheje indege z’intambara zirenga 100 zo…

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinja minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu gukora amakosa mu Ntara ya Gaza. Ni mukiganiro Joe Biden perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoranye…

Iz’i saha hari ubwira Kabiri, ahanini muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Kuva ku masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08/04/2024, biteganijwe ko haba ubwira Kabiri. Ni uguhera isaha ya saa moya n’iminota makumyabiri nine z’ijoro ku masaha yo…

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziyobowe na Bill Clinton zaganiriye na perezida w’u Rwanda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Intumwa za leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 30, zagiranye ibiganiro na perezida Paul Kagame. Ni mu gitondo cyo kuri uyu wa…

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ikomeje kuza ku isonga mu bihugu byakira impunzi ninshi ku Isi. Ni byatangajwe n’ikigo cya Sataker, aho kivuga ko ay’amakuru kiyakesha ‘ikigo gishinzwe gutunganya iby’impunzi. Kivuga…

Amerika N’Umuryango W’ubumwe Bw’ibihugu By’i Burayi Bihangayikishijwe No Kwaguka Kwa BRICS

Umuryango wa BRICS witeguye gukomeza kwaguka mu 2024. Biteganijwe ko kwinjiza ibihugu byinshi bishya muri Mutarama, biteganijwe ko uyu muryango uzahamagarira ibihugu byinshi kwinjiramo mu gihe runaka uyu mwaka. Hamwe…

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

Perezida Joe Biden, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinjwa kuba akoresha ibinini biri mu bwoko bw’ibiyobyabwenge. Ni byatangajwe n’umuganga w’indwara zo mu mutwe, Carol Lieberman, wo mu gihugu cya Leta…

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden mu ijambo yagejeje ku baturage baturiye Amerika yababwiye ko iki gihugu kiri mu bihe bitacyoroheye. Ni mu ijambo uy’u mukuru w’igihugu…