• Mon. May 6th, 2024

Kenya

  • Home
  • Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Umubare wabahitanwe n’imyuzure, ukomeje kwiyongera mu gihugu cya Kenya.

Umubare wa bahitanwe nimyuzure mu gihugu cya Kenya wakomeje kwiyongera kuri ubu ugeze ku bantu ijana na mirongwirindwi ni cyenda. Ni byatangajwe na Guverinoma ya Kenya, yavuze ko abantu ibihumbi…

Amashuri yafunzwe kubera imyuzure yakomeje kwiyongera mu gihugu cya Repubulika ya Kenya.

Imyuzure yatumye amashuri afungwa mu gihugu cya Kenya, kubera ikomeje kwibasira iki gihugu. Ni byavuye mu itegeko rya Guverinoma ya Kenya, binyuze kuri minisitiri w’u burezi, Ezekiel Machogu, yatangaje ko…

Imyuzure yahitanye abantu benshi muri Tanzania no mu gihugu cya Kenya.

Imyuzure yahitanye abantu benshi mu gihugu cya Tanzania ndetse no muri Kenya. Ni byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa ubwo yari afite ikiganiro n’abagize inteko ishinga mategeko bo…

Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya bwa bujije ikoreshwa ry’imifuka ya pulasitike (amashashi) yafashaga mu gukusanya imyanda. Ni itegeko ryasohotse bwa mbere muri 2017 ribuza amashashi ya pulasitike akoreshwa mungo no…

Umugaba mukuru w’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Kenya, yitabye Imana.

Umugaba mukuru w’ingabo za Kenya (Kdf), yitabye Imana ku mu goroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/2024 azize impanuka y’indege. Ni General Omondi Ogolla, waguye mu mpanuka y’indege…

Umukuru w’igihugu cya Kenya, William Ruto, yagiranye ikiganiro na General John Tshibangu, wari intumwa ya Tshisekedi.

Uy’u munsi k’u wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, perezida wa Kenya, William Ruto, yakiriye mu biro bye General John Tshibangu, waje ari ntumwa ya perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya…

Major Gen Aphaxard Kiugu, n’itsinda ry’Ingabo barikumwe bamaze kwa kirwa i Nairobi, bava mu Burasirazuba bwa RDC.

Itsinda ry’Abayobozi bo mu ngabo z’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), bo mu gihugu ca Repubulika ya Kenya, abanyuma bamaze kuva mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Kuva kuri uyu wa…

Leta ya Kenya, yasohoye itangazo rimenyesha RDC ko batangiye iperereza ry’Imbitse k’umutwe w’Inyeshamba uheruka kuvuka.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya, bwatangaje ko bwatangije iperereza ry’Imbitse k’u mutwe wa ‘Alliance Fleuve Congo,’ uheruka kuvukira muricyo gihugu, ukaba ugamije gushiraho iherezo Guverinoma ya Kinshasa, nk’uko byatangajwe n’uwo…

Kinshasa, yahamagaje igitaraganya Ambasaderi wayo muri Kenya, n’uwu muryango w’Afrika y’Iburasirazuba (EAC).

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ya hamagaje igitaraganya Ambasaderi wayo uhagarariye RDC muri Kenya n’uwu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), ku cyicaro gikuru cy’uyu muryango i Dar salaamu,muri Tanzania,…

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa maganye umutwe wavutse ugamije gushiraho iherezo leta ya Kinshasa.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa maganye igikorwa cyabere Kenya kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023, kiyoboye na Corneille Nangaa na Berterand Bisimwa, wa M23. Leta ya Kinshasa,…