• Tue. May 7th, 2024

Iyobokamana

  • Home
  • Hatanzwe umucyo kw’ibura rya divayi muri Katolika yo mu gihugu cya Uganda, ifatwa nk’i kimenyetso cya maraso ya Yesu.

Hatanzwe umucyo kw’ibura rya divayi muri Katolika yo mu gihugu cya Uganda, ifatwa nk’i kimenyetso cya maraso ya Yesu.

Idini rya Katolika muri Uganda rivuga ko intambara ibera muri Gaza yabateye gukena divayi isanzwe yifashishwa mu kwibuka urupfu Yesu kristo yapfiriye ku musaraba. Bivugwa ko hashize igihe cy’amezi atatu…

Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michel wa menyekanye kw’i zina rya Makanika, iri mu giterane kidasanzwe, mu misozi miremire y’Imulenge.

Haravugwa igiterane kidasanzwe, mu misozi miremire y’Imulenge, cya Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michel wa menyekanye kw’i zina rya Makanika. Ni igiterane cyo guhimbaza Imana no kuyishima, nk’uko bamwe mu…

Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.

Umukobwa wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini. Ni Shakira Nakirya w’imyaka 19 wakubiswe inkoni ninshi kuberako yagiye gusengera mu idini ry’abarokore kandi ari umuyisilamu. Amashusho yagiye hanze…

Inka nke, z’Abanyamulenge zasigaye zitanyazwe na Maï Maï mu Bibogobogo, zitanga umukamo Abanyamulenge bakamwa bagahaga.

Abanyabibogobogo barashimira umuremyi wabo, kuba kuri ubu bafite amata menshi. Ni ubutumwa bwatanzwe mo amashyusho na mashimwe bamwe mu baturage baturiye Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu…

Umukozi w’Imana Reverend Pasteur Nzabinesha, witabye Imana mu gihugu cya Uganda, yarazwiho byinshi yakoreye igihugu n’Itorero.

Umukozi w’Imana, Reverend Pasteur Nzabinesha, witabye Imana muri irijoro ryakeye yarazwiho byinshi yakoreye igihugu n’Itorero. Ni i Nakivale, ho mu gihugu cya Uganda Reverend Pasteur Nzabinesha arangirije urugendo rwe rwo…

Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.

Umwe mu bakozi b’Imana bo mu gihugu cy’u Rwanda, Reverend pasitoli Alain Numa, yatangaje ko leta y’u Rwanda yakijijwe mbere yabo. Ni bikubiye mu butumwa Reverend pasitoli Alain Numa, yageneye…

Menya imirimo y’indashikirwa ikorwa n’Abanyamulenge bibumbiye mu ishirahamwe rya UBUMWE N’IMBARAGA.

Menya imirimo y’indashikirwa ikorwa n’Abanyamulenge bibumbiye mu ishirahamwe rya “UBUMWE N’IMBARAGA.” N’ishirahamwe ry’ubakira rikanafasha imiryango yasizwe n’abatabarukiye ku rugamba ruri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko…

Umunyamulenge(Tutsi ), Harera Biganiro, wari umaze igihe kirekire yaraburiwe irengero, byamenyekanye ko yapfuye.

Harera Biganiro Patrick, Umunyamulenge (Tutsi) wari umaze igihe kirekire yaraburiwe irengero byamenyekanye ko yapfiriye mu gihugu cy’u Burundi. Ni bikubiye munyandiko umuryango wa nyakwigendera bashize hanze, kuri uyu wa Gatanu,…

Abayisilamu baherereye mu bice bigenzurwa na M23, bizihije Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n’abari i Goma ahagenzurwa n’ingabo za RDC.

Abayisilamu baherereye mu bice bya bohojwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, bizihije umunsi wa Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n’abari i Goma ahagenzurwa n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.…

Menya indwara ya Stroke uko ifata n’uko wayirinda.

Sobanukirwa indwara ya Stroke, ikiyitera n’uko wayirinda. Stroke n’indwara y’ubwonko itandandura ishobora guterwa n’indwara z’u mutima n’izindi mpamvu zitandukanye, ariko iyo umuntu imufatiranyije vuba na bwangu iravugwa igakira. Mu kiganiro…