• Mon. May 6th, 2024

Fizi

  • Home
  • Ishuri ry’isumbuye rya Kalingi(Institut Kibati), ryo muri Komine Minembwe, niryo ryegukanye igikombe kigamije kugarura amahoro mu misozi miremire y’Imulenge.

Ishuri ry’isumbuye rya Kalingi(Institut Kibati), ryo muri Komine Minembwe, niryo ryegukanye igikombe kigamije kugarura amahoro mu misozi miremire y’Imulenge.

Ishuri ry’isumbuye rya Kalingi(Institut Kibati), ryo muri Komine Minembwe, niryo ryegukanye igikombe kigamije kugarura amahoro mu misozi miremire y’Imulenge. Ni amarushanwa yatangiye gutegurwa kuva ku itariki ya 18/04/2024, arangira ku…

I Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12.

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo hashize, umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12, amurasira mu bice byo kwa Mboko, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana isaha…

Imodoka yari itwaye imiti yabarwayi yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.

Imodoka yari yerekeje muri teritware ya Fizi itwaye imiti yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/04/2024, nibwo imodoka yari fite ikimenyetso cya Biben, ubwo…

Haravugwa imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, habaye imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu gace ka Kabondozi…

Rwambikanye hagati muri Maï Maï, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, habereye urugamba rukaze rwa hanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki…

Urusaku rw’imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/04/2024, urusaku rw’imbunda ru ravuza ubuhuha hagati ya barwanyi ba Biroze Bishambuke(Maï Maï), basubiranyemo, bapfa ubuyobozi. Ni imirwano ikaze yabereye mu bice bya Gitumba,…

UNOPS/PCAGL, ikora mu by’imihanda yasuye umuhanda uri gukorwa uhuza centre ya Baraka na Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, maze bashimira Neri ubihagarariye.

Ishirahamwe rya UNOPS/PCAGL, rikora iby’imihanda, ryasuye umuhanda uri gukorwa mu karere ka Bibogobogo, uhuza ako karere n’ibindi bice byo muri teritware ya Fizi, maze rishimira abahagarariye icyo gikorwa ku muhate…

Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

I Nyange ho muri secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hongeye gutekana. Ni nyuma y’uko muri ibyo…

Abarimo n’abadamu bakuze bitabiriye umukino w’ikipe y’Abavetera y’iganjemo abagabo bakuze, yavutse none mu Bibogobogo.

Mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya RDC havutse ikipe(Team) y’Abavetera y’iganjemo abagabo bakuze. Ni ahagana isaha z’igicamunsi, cyo kuri uy’u wa…

Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

Ingabo z’u Burundi zabarizwaga mu bice bya Komine ya Minembwe, bahurutse mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.…