• Mon. May 6th, 2024

Month: November 2023

  • Home
  • Mw’i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Mw’i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

I Bumba ho muri Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba…

Ubumwe bw’Afrika na L’ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n’u Rwanda ndetse n’u Burasirazuba bwa RDC.

Mu Nanama igira iya 7 , yateranye kuya 28/11/2024, iteraniye i New york muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuzaga Ubumwe bw’Afrika na L’ONI yigiwemo gushakira umutekano u Burasirazuba bwa…

Papa Francisco, umushumba Mukuru w’idini Katolika, ararembye nimugihe byavuzwe ko arwaye indwara ikomeye…

U mushumba Mukuru w’idini Eklezia Katolika, k’urwego rw’isi, Papa Francisco, byavuzwe ko arwaye indwara ya Bronchite ikaze. Kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 25/11/2023, uriya Mushumba Mukuru w’idini Eklezia Katolika…

Umudamu ufite Imyaka y’ubukure mirongo irindwi(70), wo muri Uganda y’ibarutse impanga.

Umugore wo mu gihugu ca Uganda, kumyaka ye y’ubukure mirongo irindwi( 7O) yibarutse impanga (Umuhungu n’umukobwa). Ni umudamu ukuze uzwi kw’izina rya Safinah Namukwaya. Nk’uko iy’inkuru yakomeje kuvugwa n’ibinyamaku bya…

Lt Gen. Charles Kayonga, yahawe inshingano zo guhagararira u Rwanda mu gihugu ca Republika ya Turukiya.

Lt Gen. Charles Kayonga, wari uheruka kuja mu kiruhuko cy’izabukuru yahawe inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Turukiya. N’ibyavuye mu myanzuro y’i Nama yaba Minisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu,…

Umutwe wa M23 uvugako utazakomeza kurebera ibibi bikorwa n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa harimo ko zica n’Inka z’Abatutsi.

Itangazo u mutwe wa M23 washize hanze kuri uyu wa Kane, tariki 30/11/2023, harimo ko ibitero bikorwa n’ihuriro ry’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, byica amatungo y’abaturage ahanini Inka…

Abasirikare bo mw’itsinda rya TAFOC, berekeje mu Gitoga ho mu misozi ya Rurambo, nimugihe havuzwe umutekano muke.

Ingabo z’u Burundi zo mw’itsinda ry’ingabo zo mu mutwe wa TAFOC uwo zihuriyeho n’iza Repubulika ya Demokorasi ya Congo, zari i Gahororo mu misozi ya Rurambo, zavuye muri Localite ya…

U mukuru w’igihugu ca Republika ya Namibia, yateye utwatsi kohereza ingabo zabo M’uburasirazaba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ubutegetsi bwa Republika ya Namibia bwahakanye ko ingabo zicyo gihugu zitazoherezwa muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, guhangana n’u mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. Ibi bya nemejwe n’umukuru…

Kuri uy’u wa Kane, u mutwe wa M23 washize itangazo hanze rishinja ihuriro ry’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, ubwicanyi.

Kuri uyu wa Kane, tariki 30/11/2023, u mutwe wa M23 washize hanze itangazo rimenyesha akarere n’imiryango mpuza Mahanga, ubwicanyi bukomeje gukorerwa abasivile i Masisi, mu Burasirazuba bwa RDC, bukozwe n’ihuriro…

Guverinoma ya Kinshasa, yagize icyo ivuga kucyemezo cy’u bumwe bw’u Buraya bwokuvana Indorerezi zabo muri RDC .

Guverinoma ya Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ivuga ko yatangajwe n’icyemezo umuryango w’ubumwe bw’u Buraya, bafashe kuri uy’u wa Gatatu, tariki ya 29/11/23, cyoguhagarika misiyo y’indorerezi ku Matora ateganijwe kuba…