• Mon. May 6th, 2024

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa

  • Home
  • Ku mugoroba w’ejo hashize, ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa, byatewe mu duce two muri teritware ya Masisi.

Ku mugoroba w’ejo hashize, ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa, byatewe mu duce two muri teritware ya Masisi.

Ibisasu biremereye by’i huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye kwibasira uduce twigaruriwe na M23, muri teritware ya Masisi. Ni ahagana igihe c’isaha z’u mugoroba zo ku…

Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zongeye kwatswaho umuriro zikizwa n’amaguru maze M23 yongera kugira ibindi bice yigarurira.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 05/04/2024, habaye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga. Ni imirwano yavuzwe ko yabereye mu duce…

EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, EU, wagaragaje ko imiyoborere mibi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwari yo soko y’intambara zitarangira. Ni bikubiye mu itangazo akanama ku muryongo w’ibihugu…

Ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuri uyu wa Kabiri, bagabye ibitero bikomeye mu baturage, baturiye uduce two muri teritware ya Masisi.

Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo ko bagabye ibitero mugace ka Nyakajaga. N’i bitero bya vuzwe ko ba bigabye mu masaha…

I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n’ingabo za General Sultan Makenga!

Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rw’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo yaramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni urugamba rwa…

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yongeye k’umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.

Imirwano yongeye kuvugwa mu bice byinshi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho amaze gushira…

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

I Masisi na Nyiragongo, mugihe hari haramukiye agahenge ka mahoro, kuri ubu ibitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC, byongeye kwibasira abasivile. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, bidasanzwe mu bice…

Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yemeje ko M23 yongeye guhanura drone y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze yemeza ko bahanuye indi drone y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. N’i nyandiko bwana Lawrence Kanyuka,…

Hahishuwe indi mipango mishya y’ingabo z’ubutegetsi bwa RDC , nimu gihe bongeye no gukaza ibitero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 05/02/2024, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero biremereye bakoresheje indege z’intambara n’ibibunda birasa kure, mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko birimo…

Bongeye kwambikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Imirwaro yongeye kuba uy’u munsi k’u Cyumweru, ihuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu. Ni…