• Mon. May 6th, 2024

Month: January 2023

  • Home
  • Uwahoze Ari President Joseph Kabira ari mubakira Papa Francis Ikinshasa.

Uwahoze Ari President Joseph Kabira ari mubakira Papa Francis Ikinshasa.

Joseph Kabira, wahoze ari President muri Congo, ari mubakira umushumba mukuru Papa Francis. Nuyumunsi tariki 31.01.2023, hiteguwe Umushumba Mukuru wa Kirizia Gatorika , Nkuko byateguwe Ikinshasa muburyo bwokwitegura uyu mushumba…

Ibinibyo Bice FDLR zibarizwa mo muri Masisi.

Mumakuru yahawe Minembwe Capital News nuko ibice birimo FDLR, Fardc ndetse na Bacanshuro aribyo bice aba Tutsi barimo kwicigwamo abadapfuye bagafungwa, ibyo bice nibi: 1.Ingungu, 2.Mubihambwe, 3 NyamitabaHamwe no mu…

BYABAYE IBINYOMA NTABWO GENERAL ANDRE OHENZO YATANZE 72H KUBATURAGE B’IRWANAHO, HUBWO ARASHAKA AMAHORO MURI MINEMBWE.

Muri Eastern ya Congo, umuyobozi mushya w’igisirikare mu Minembwe ho muri territory ya Fizi, Général de brigade Andre Ehonza arasaba abasirikare ayoboye kwirinda imvugo zivangura no kubaha amategeko mpuzamahanga arengera…

ABAGABO BATATU, BEREKEJE MURI MINEMBWE, KUGIRA BAHOSHE UBUSHAMIRANE BURIHAGATI YA B’ANYAMULENGE NA B’APFURERO MURI MIKENKE.

Umwuka mubi urihagati yaba Pfurero na Banyamulenge muri Mikenke barimo kuwushakira umuti. Ejo hashize tariki 30.01.2023, muri Mikenke byavuzwe ko havutse umwuka mubi hagati yabaturage Babanyamulenge na Maimai yaba Pfurero…

Papa Francis umushumba Mukuru w’idini Gatorika yageze Ikinshasa, akaba yasabye Isi kudaceceka ngwirebere ibibera muri Congo.

Ku isaha ya 2.33 za ku manywa ku isaha ya Kinshasa ni bwo indege itwaye Papa yageze ku kibuga mpunzamahanga ca N’djili aho yavuye yerekeza ku ngoro y’umukuru w’igihugu aho…

M23 ikomeje kwigarurira Ibindi bice muri Masisi mumirwano ibahuza na Fardc .

Imirwano yongeye kubura mugitondo canone tariki 31.01.2023 Mubice bya kumuhanda witwa Shangi uri muri Kirorirwe. Intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 na FARDC ivanze nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro…

President Tchisekedi mubiganiro byabaye Ejo Ikinshasa y’ibasiriye imiryango mpuza Mahanga harimo AU.

President Tchisekedi yibasiriye umuryango wa AU(Africa Union), ubwo yari mubiganiro na b’Adiplomate bahagariye Ibihugu byabo muri RDC, ndetse yibasira nindi miryango irimo Ibihugu harimo nibiyaga bigari. Yagize ati: “Mwananiwe gukemura…

Joe Biden wa Reta Zunze ubumwe za America Yatsembye kohereza ibikoresho byagisirikare Igihugu ca Ukraine ca sabye.

Political Joe Biden, President wa Reta zunze Ubumwe za Amerika yatsembye kohereza Ukraine indege z’intambara zomubwoko bwa F-16, mu gihe abategetsi b’ik igihugu bakomeza gusaba imfashanyo zintambara zomukirere. Abajijwe n’umumenyamakuru…

Mugihe Twirwaneho yahawe amasaha 72h yokuba bavuye kubutaka bavukaho bwa Minembwe, Uyumunsi muri Minembwe babyutse neza.

Umunyamakuru wa Minembwe Capital News, uherereye muri Minembwe ho muri Territory ya Fizi Kivu yamajyepho, yatanze amakuru ko muri aka gace haragahengwe kamahoro, nimugihe hitezwe amasaha 72h ngo abaturage birwanaho…

Umusirikare w’Urwanda yirukanwe muri Congo wari mubutumwa bwa EACRF.

Itangazo ry’umuvugizi w’ingabo za Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge, rivuga ko abo basirikare bamaze gusubira mu gihugu cabo. Congo ivuga kandi ko kubera ibyo u Rwanda “rwahise ruhamagaza ba ofisiye…