• Tue. May 7th, 2024

Minembwe

  • Home
  • Hari ibyahindutse ku isoko y’Inka, iyari ihagaze neza mu bice byo muri Komine Minembwe.

Hari ibyahindutse ku isoko y’Inka, iyari ihagaze neza mu bice byo muri Komine Minembwe.

Hari ibyahindutse ku isoko y’Inka yari ihagaze neza mu gihe gito gishize, mu bice byo muri Komine Minembwe. Ni umuguro w’Inka wari uhagaze neza wongeye ku manuka, ahanini ku isoko…

Kubaka ibiro bya district ya polisi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo byamaze gutangira.

Ibikorwa byo ku baka district ya polisi mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bya maze gutangira. Ni bikorwa bya hawe igihe cy’amezi atatu bikaba byarangiye, nk’uko…

Mu misozi miremire y’Imulenge, aha herereye ko minene ya Minembwe , mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hagiye kubakwa ibiro bikaze by’igipolisi.

Mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagiye ku bakwa ibiro by’igipolisi ku nkunga ya MONUSCO. Ni ibiro bizubakwa n’u buyobozi bw’i…

Umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant, mu ngabo za FARDC, yitandukanije nazo, yiyunga na Twirwaneho, i Gakangala, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Haravugwa umusirikare wiyonkoye ku ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), yiyunga na Twirwaneho, mu bice byo muri Komine ya Minembwe. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa…

Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi, yishwe arashwe n’igisirikare cya FARDC muri centre ya Komine Minembwe.

Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi, uzwi kw’izina rya Justin, yiciwe mu bice byo muri Komine Minembwe, arashwe n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu ijoro ryo ku Cyumweru,…

Ingabo z’u Burundi zabaga mu bice byo muri Komine Minembwe berekeje kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.

Abasirikare b’u Burundi ba barizwa mu mutwe w’ingabo wa TAFOC, abari ba herereye mu bice bya Komine ya Minembwe, ba manutse kwa Mulima, ho muri Grupema ya Mutambara, teritware ya…

FDLR, Maï Maï n’Insoresore z’Abarundi, bongeye kugaba ibitero mu Banyamulenge, Twirwaneho y’a baturage ibasubiza inyuma.

Kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki 24/12/2023, imirwaro yongeye kubura mu nkengero za Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi…

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi n’iza RDC, za gomangiye ku k’ibuga cy’Indege kiri ku Kiziba.

Ku k’ibuga cy’Indege giherereye ku Kiziba, homuri Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya demokarasi ya Congo, hongeye kugaragara Ingabo ninshi…

Captain Bigabo Serukazo, ngwabangamiye abaturage b’i Lundu, n’imugihe yakubise kandi umusaza w’imyaka 68 ajanwa mu bitaro.

Umusaza w’umunyamulenge, Ntarambirwa Sebombe, w’imyaka 68, yakubiswe n’umusirikare womungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) mu Minembwe kugeza ajanwe mukigo ndera buzima ca Madegu mu Minembwe. Amakuru avugako uyu…

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi, Bintu, wafunzwe azira amaphoto, haribazwa ahafungiwe ubu?

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi Bintu, umudamu wa Colonel Muyoboke nawe ufunguwe i Bukavu, kumurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo. Amakuru yahawe Minemwe Capital News, n’uko uyu mudamu wari ufungiwe Uvira…