• Mon. May 6th, 2024

SADC

  • Home
  • SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y’ivuye inyuma.

SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y’ivuye inyuma.

SADC yatangaje ko yamaganye M23, inatangaza ko igiye kuyirwanya yivuye inyuma. Ni bikubiye mu itangazo umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, washize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru,…

Sadc, yemeje urupfu rwa basirikare bayo bapfiriye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere.

Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zarashweho igisasu bamwe barapfa abandi barakomereka. Ni byatangajwe n’umunyamabanga bw’u muryango w’u bukungu bw’i bihugu by’Afrika y’Amajy’epfo,…

Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

Umuryango wa SADC wa maganye ibikomeje kuvugwa ku ngabo zayo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC. Ni ibikubiye mu butumwa bwatanzwe n’uyu muryango w’ibihugu byo muri SADC, aho ubwo butumwa butera…

Kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri teritware ya Masisi.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi. Ni…

Ingabo za FARDC n’abazifasha kurwana, bakomeje kubabarira mu ntambara iri guca ibintu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), n’abayifasha kurwana bakomeje kubabarira mu ntambara irimo guca ibintu muri gurupema ya Kamuronza, ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu…

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo ku rwanya umutwe wa M23 zakubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23. Ni mu ntambara iri kubera mu Ntara…

Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Abayobozi bo mu bihugu byo muri SADC kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024 bahuriye i Lusaka muri Zambia. Ni mu Nama idasanzwe yahuje abanyamuryango bo mwishirahamwe ry’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo,…

Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Ihuriro ry’i ngabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ry’ubuye ibitero mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni kugicamunsi cyo kuri uyu wa…

I Masisi, haravugwa urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024. Ni imirwano irimo kubera mu gace ka Bihambwe, muri teritware ya Masisi,…

M23 yashwanyaguje ibibunda by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

M23 yashwanyaguje ibimodoka by’intambara by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19/03/2024, ibereye mu misozi y’unamiye centre ya…