• Sun. May 19th, 2024

Iz’i saha hari ubwira Kabiri, ahanini muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Share with others

Kuva ku masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08/04/2024, biteganijwe ko haba ubwira Kabiri.

Ni uguhera isaha ya saa moya n’iminota makumyabiri nine z’ijoro ku masaha yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gihe muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika azaba ari saa sita n’iminota makumyabiri nine isaha za manwa, nk’uko byatangajwe n’abahanga bashinzwe ikirere muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Batangaje ko ukwezi kugenda gukingiriza izuba, aho ni muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Hanyuma ahagana isaha ya saa saba (1:41pm) zo muri Amerika, ukwezi kuraba kwa pfutse izuba ryose (Tatal salar eclipse) ibi ngo biraza kumara umwanya ungana n’iminota 3.

Nyuma ukwezi kuraza gukomeza kunzenguruka Isi kugeza isaha ya saa kenda ku masaha yo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Bavuga ko ubwo bwira kabiri buza kurangira(Tatal of end of solar eclipse) isaha ya saa kenda n’iminota ibiri z’igicamunsi ku masaha y’Amerika.

        MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.