• Mon. May 6th, 2024

U Rwanda

  • Home
  • U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri leta ya Kinshasa iyishinja kwiba amabuye y’agaciro ku butaka bwabo.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri leta ya Kinshasa iyishinja kwiba amabuye y’agaciro ku butaka bwabo.

U Butegetsi bw’u Rwanda bwagize icyo buvuga ku birego bushinjwa na Guverinoma ya Kinshasa ku bijanye n’amabuye y’agaciro. Ni u Rwanda rwanyomoje ibi birego binyuze ku muvugizi wayo, Yolande Makolo,…

Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Ibiganiro hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byatangiye. Ni kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/03/2024, Abayobozi bo munzego nkuru z’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya…

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwareze u Rwanda, mu rukiko rw’Afrika y’i Burasirazuba.

U Rwanda rwarezwe na Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rukiko rw’umuryango w’Afrika y’i Burasirazuba(EACJ). Ni kirego Bwiza.Com, dukesha iy’inkuru ivuga ko cyageze mu rukiko mu ntangiriro z’umwaka turimo. Ikirego…

Iby’uko umuryango w’Afrika yunze ubumwe ugiye guha ubufasha SAMIRDC ku rwanya M23, nti bivugwa ho rumwe na bimwe mu bihugu bigize uwo muryango.

U Rwanda rwa garagarije impungenge umuryango w’Afrika yunze ubumwe (AU) ushaka gutera inkunga ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo . Ni nyuma y’uko kuri…

Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Lt Gen. Gervais Ndirakobuca yavuze ku barwanyi ba Red Tabara, aza kunyuranya nibyo perezida w’icyo gihugu agize igihe avuga kuri uwo mutwe.

Minisitiri w’intebe w’u Burundi Lt Gen. Gervais Ndirakobuca, yavuze ku mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi atangaza ibinyuranye nibyo Perezida Evariste Ndayishimiye agize igihe ashinja uwo mutwe gutera…

Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 27/02/2024, yongeye kuririmba u Rwanda.

Perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yongeye guhura na João Lourenço wa Angola baganira ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27/02/2024, Tshisekedi…

U Rwanda rwa buriye Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko igihugu cyabo kirinzwe hasi no hejuru.

Uturere tw’u Rwanda duhana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo bavuga ko badatewe ubwoba n’intambara ibera muri Congo, ngo kuko igihugu cy’u Rwanda kirinzwe. Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi…

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

Ubutegetsi bwa Repubulika y’u Rwanda bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko RDC igaragaje ko ishaka kurutera no gukomeza imikoranire yabo na FDLR. Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashize hanze…

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagize icyavuga ku Nama, irikubera i Addis Ababa, yiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Ikibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyizwe mu Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe igira iya 37. Ni mu Nama igira iya 37 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango…

U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.

U Rwanda rwa garagaje impungenge ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, k’u bufasha bw’i bikoresho baha ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko ibi bishobora…