• Mon. May 6th, 2024

I Goma

  • Home
  • I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w’u mugabo

I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w’u mugabo

Kuri iki Cyumweru, hongeye gutoragurwa undi murambo w’u mugabo i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ahagana isaha ya saa tanu zirengaho iminota mirongo ine (11:40Am), zo kuri uyu…

Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, yavuze ikigiye gukurikiraho nyuma y’uko abasivile bakomeje kwicwa mu mujyi wa Goma.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyavuga ku bwicanyi bumaze iminsi buvugwa i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu butumwa bugufi Lawrence…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri leta. Ni biganiro byabaye nyuma ya saa sita zo kuri uyu wa Kabiri,…

I Goma, hateraniye i Nama idasanzwe yahuje abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare boherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

Abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bifite abasirikare boherejwe mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha icyo gihugu kurwanya M23, bahuriye i Goma, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni…

I Goma hateguwe imyigaragambyo simusiga yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19/02/2024, hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana ibihugu byo mu Buraya na Amerika. N’imyigaragambyo yateguwe n’Abanyekongo…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bijejwe ko uwo Mujyi utazigera wigarurirwa na M23.

Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba na minisitiri w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, y’ijeje abaturage baturiye Goma ko M23 itazafata uwo Mujyi. Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,…

I Goma, umuturage yishwe atewe amabuye, iruhande rw’Ingabo za RDC zibarirwa mu bihumbi amagana.

Umugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi yiciwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,…

Igisirikare cya RDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, cya cunaguje umurambo w’umusirikare w’Umunyamulenge, uheruka kwicwa n’Abasirikare azira ubwoko bwe Abatutsi.

Umuvugizi w’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yacunaguje umurambo w’umusirikare wa FARDC uvuka m’ubwoko bw’Abanyamulenge uheruka kwicwa n’ababo…

Undi musirikare w’u Munyamulenge, mungabo za FARDC, Captain Kabongo, yishwe urupfu ruteye agahinda azira ubwoko bwe Abatutsi.

Captain Kabongo Gisore , wo mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, yiciwe i Goma, k’u murwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca RDC. Uy’u musirikare uvuka m’ubwoko bw’Abanyamulenge,…

I Goma, haraye hishwe abasirikare ba FARDC barasanye bonyine naho Gen Peter Cirimwami Nkuba, yahamagajwe i Kinshasa.

Amasasu y’umvikanye i Goma, mw’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, rishira kuri uyu wa Kabiri, tariki 07/11/2023, byavuzwe ko ar’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo zarimo zihunga ziva mubice…