• Tue. May 7th, 2024

Ibitero

  • Home
  • Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23.

Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23.

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15/04/2024, haramukiye intambara hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika…

Ibitero bya misile na drone by’ingabo z’u Burusiya byangirije ibirimo n’umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.

Leta ya Ukraine, yatangaje ko u Burusiya bwakoresheje drone 17 na Misile 3 mu bitero bagabye ku bikoresho bitanga amashanyarazi mu gihugu cya Ukraine. Ni mu bitero by’ingabo z’u Burusiya…

Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziravugwaho gutegura ku gaba ibitero mu baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho. Ni amakuru avuga ko ibyo bitero biri gutegurwa n’ingabo zo muri…

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, bwagize icyo butangaza ku bitero ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bazindutse bagaba mu mihana y’abaturage, muri teritware ya Masisi.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwihanangirije ingabo za MONUSCO kureka ibikorwa byo gushigikira ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka…

Indege z’intambara zigisirikare cya Israel (IDF), zakoze ibitero bikaze, ku barwanyi b’u mutwe wa Hamas.

Indege z’intambara zigisirikare cya Israel (IDF) zagabye ibitero mu majyepfo y’intara ya Gaza no mu nkambi y’impunzi iherereye mu gace kitwa Al-Maghaz, zica abantu. Ni byatangajwe mu kiganiro ubuyobozi bw’u…

M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 burashinja Ingabo z’a leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufatanya n’ingabo za mahanga, bagakora ibitero bibangamiye abaturage ba ba sivile mu Ntara ya Kivu…

Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Ihuriro ry’i ngabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ry’ubuye ibitero mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni kugicamunsi cyo kuri uyu wa…

Mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haramukiye ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haramukiye ibitero bikaze. Ni bitero byagabwe i Sake, ho muri teritware ya Masisi, bigabwe n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa…

Igisirikare cy’u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Imirwano yongeye kubura mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi. Ni bitero bya gabwe mu gihe c’isaha za saa ine z’ijoro ryo kuwa Gatandatu, rishira kuri uyu…

Ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuri uyu wa Kabiri, bagabye ibitero bikomeye mu baturage, baturiye uduce two muri teritware ya Masisi.

Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo ko bagabye ibitero mugace ka Nyakajaga. N’i bitero bya vuzwe ko ba bigabye mu masaha…