• Sat. May 18th, 2024

Month: May 2024

  • Home
  • Abasirikare b’igihugu cy’u Burundi basabwe kuri kanura.

Abasirikare b’igihugu cy’u Burundi basabwe kuri kanura.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yasabye abasirikare n’izindi nzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu kuri kanura. Ni mu kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Burundi yagiranye n’abasirikare bagize akarere ka gatatu ka…

Hafashwe umunyarwanda wari umaze imyaka irenga 20 yihishe mu mwobo kubera ko yakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Hafashwe umunyarwanda wari umaze imyaka irenga 20 yihishe mu mwobo kubera ko yakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Ni urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi uwitwa Ntarindwa Emmanuel, wafatiwe mu…

Igisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, cyagize ibyo cyangiriza.

Igisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, cyagize ibyo cyangiriza. Ni ahagana isaha z’umugoroba wajoro zo kuri uyu wa Kane, tariki ya 16/05/2024,…

Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni agace kitwa Mirangi, kari mu ntera y’ibirometre bike…

Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

Umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane. Ni mu nama y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afrika, Afrika CEO Foum iteraniye i…

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na m23 kuri uyu wa Kane. Ni mu butumwa bwa mashusho bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya…

Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.

Perezida Félix Tshisekedi yahuye na Cardinal Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi uri hagati ya Katolika na Kinshasa. Ni kuri uyu wa Kane, Tshisekedi yakiriye musenyeri…

Kuri uyu wa Kane, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryakijweho umuriro w’imbunda za M23.

Kuri uyu wa Kane, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryakijweho umuriro w’imbunda za M23. Ni urugamba rukaze rwa bereye mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu…

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce two muri teritware ya Masisi. Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa…

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage. Ni ahagana isaha z’umugoroba zo kuri uyu wa Gatatu, n’ibwo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi…