• Mon. May 6th, 2024

Amateka

  • Home
  • Umunyamulenge, Joseph Kamuhora, witabye Imana yarazwiho gukorera Imana n’ubuhanga bukomeye ku biganye nawe, muri teritware ya Uvira, Mwenga na Fizi.

Umunyamulenge, Joseph Kamuhora, witabye Imana yarazwiho gukorera Imana n’ubuhanga bukomeye ku biganye nawe, muri teritware ya Uvira, Mwenga na Fizi.

Umunyamulenge, Joseph Mujonga Kamuhora, witabye Imana yarazwiho gukorera Imana n’ubwenge ku biganye nawe, muri teritware ya Uvira, Mwenga na Fizi. Yitabye Imana ku itariki ya 29/04/2024, nk’uko biri mu itangaza…

Ubugira kabiri, Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombi, i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Barnabé Milinganyo yongeye gutabwa muri yombi i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni amakuru yavuzwe bwa mbere n’umuryango wa Barnabé Milinganyo, aho uwo…

Katolika muri Congo, yakije umuriro ubutegetsi bwa Kinshasa, ibushinja gushigikira guhungabanya umutekano w’a baturage.

Idini Gatolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo rikomeje kurebana ayingwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ryo ngeye gushinja ubwo butegetsi guha intwaro imitwe y’itwaje imbunda irimo n’ihungabanya umutekano w’ibihugu by’ibituranyi n’iki…

Entebbe ho mu gihugu cya Repubulika ya Uganda, habereye impanuka ikomeye.

Entebbe ho mu gihugu cya Repubulika ya Uganda habereye impanuka ikomeye. Ni impanuka yabereye ku muhanda uturuka Entebbe werekeza mu mujyi rwagati w’u murwa mukuru wa Kampala. Amakuru yatanzwe n’ibinyamakuru…

Umwuzure udasanzwe wongeye gutera mu bice byo muri Uvira, mu gihe iyi tariki, bibuka abantu bishwe n’amazi umwaka w’2020.

Umwuzure ukomeye wateye abaturiye ibice byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya…

Abanyamulenge bigeze gutabarwa n’Ingabo zahoze ari za AFDL zari zishigikiwe n’ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Amateka avuga ko ingabo zahoze ari iza AFDL ziri muzatabaye Abanyamulenge bari bagiye gukorerwa genocide n’Interahamwe nyuma y’uko zari zatsinzwe intambara barimo barwana na RPF mu Rwanda, zihungira mu Burasirazuba…