• Mon. May 6th, 2024

Uncategorized

[user_registration_form id=”2403″][user_registration_form id=”2403″]

  • Home
  • Amerika N’Umuryango W’ubumwe Bw’ibihugu By’i Burayi Bihangayikishijwe No Kwaguka Kwa BRICS

Amerika N’Umuryango W’ubumwe Bw’ibihugu By’i Burayi Bihangayikishijwe No Kwaguka Kwa BRICS

Umuryango wa BRICS witeguye gukomeza kwaguka mu 2024. Biteganijwe ko kwinjiza ibihugu byinshi bishya muri Mutarama, biteganijwe ko uyu muryango uzahamagarira ibihugu byinshi kwinjiramo mu gihe runaka uyu mwaka. Hamwe…

Inkuba ya kubise inka z’Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Inka z’Abanyamulenge zakubiswe n’inkuba Mucyohagati, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 19/02/2024, inkuba ya kubise inka zari mu biraro mu…

Ezira Mpyisi, wari waramamaye mw’ivugabutumwa, mu gihugu c’u Rwanda, y’itabye Imana ku myaka 102.

Umubwiriza butumwa akaba n’umupasiteri Ezira Mpyisi, y’itabye Imana, ku myaka 102. Ni kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, bya vuzwe ko Pasiteri Ezira Mpyisi, ko yamaze kuva mw’Isi ya…

Hashinzwe Umutwe wa Politike, ufite n’Igisirikare, ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashinze umutwe wa politike ugamije ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi, witwa “Alliance Fleuve Congo(AFC).” Byanamenyekanye…

Ingabo za RDC zakajije ibitero i Masisi, mugihe u bumwe bw’u Burayi bwaburiye Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro n’umutwe wa M23.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28/11/2023, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo aribo FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, bongeye gutera ibisasu muri Kilolirwe…

Inzu z’Abatutsi (Abanyamulenge), ku Bwegera homuri gurupema ya ka Kamba, zasenywe na Wazalendo ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo zirebera.

Inzu z’Abatutsi (Abanyamulenge), zasenywe na Wazalendo bazizenyera mu maso y’ingabo za Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ku Bwegera, homuri gurupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, muri teritware…

Ishirahamwe rya OSPC, muri RDC ryeruye rivuga ko Kinshasa igomba gukuraho ubutegetsi bwa Kigali ko kandi Fardc ibishoboye.

Ishirahamwe rya sosiyete sivile riharanira ko amahoro yagaruka muri RDC (OSPC), ryatangaje ko hoba hari ibihugu bikomeye bikomeje kwivanga mu kibazo cya RDC n’u Rwanda aho bavuze ko ibyo Bihugu…

Kutazatora Moïse Katumbi, ngo ni ukunyarwa zigahera nimugihe yasezeranije abanyabukavu ibyo umukongo wese y’ifuriza Congo nzima.

K’umunsi w’ejo hashize k’u wa Mbere, tariki ya 27/11/2023, kandida k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu, Moïse Katumbi, y’i yamarije i Bukavu k’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo. Abantu i bihumbi…

Abaturage bo muri Grupema ya ka Kamba, barashinja ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo ku nanirwa kugarura umutekano muribyo bice.

Ku Bwegera u mwuka mubi hagati y’amoko y’Abapfulero n’Abatutsi ukomeje gututumba ni mugihe bariya Wazalendo bo mu bwoko bw’Abapfurero barahiriye kw’ica abasivile bo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge). Nk’uko iy’inkuru ibivuga…

Inteko ishinga mategeko y’umuryango wa EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo bya Kinshasa na Kigali.

U mukuru w’Inteko ishinga amategeko y’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EALA), Ntakirutimana Joseph, yatangaje ko we na bagenzi be badashobora kwivanga mu bibazo by’umutekano biri ku rwego rwa Kinshasa na Kigali.…