• Mon. May 6th, 2024

Kivu yamajy'Epfo

  • Home
  • Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabonye Guverineri mushya, byagateganyo.

Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabonye Guverineri mushya, byagateganyo.

Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabonye Guverineri mushya, byagateganyo. Ni professeur Jean Jaques Perusi, watorewe kuba Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byagateganyo aho y’ungirijwe na Maître Elekano Jean Jaques, nk’uko…

Rwambikanye hagati muri Maï Maï, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, habereye urugamba rukaze rwa hanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki…

Ubuzima bw’Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y’Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Ubuzima bw’Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu gihe Abanyamulenge i Cenda bongeye gufungwa i Bukavu, bazira ubwoko bwabo…

Ingabo za MONUSCO, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zirimo kuhava zerekeza mu bihugu byabo.

Ababarirwa muri 277 bo mu ngabo z’u muryango w’Abibumbye( MONUSCO) bavuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza mu bihugu byabo. Ni byatangajwe n’umuvugizi w’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO), Lt Col…

Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n’igihugu cy’u Rwanda.

Umutekano wajemo kidobya mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni abitwaje imbunda badasanzwe bagaragaye i Nyangenzi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya…

U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n’ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, kubera.

U Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, wisanze watandukanijwe na teritwari zigize uyu murwa mukuru, kubera intarambara. Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma…

Ubwicanyi mu Burasirazuba bwa RDC, bwafashe indi ntera nimugihe abo muyandi moko bishwe bazira gukunda Abanyamulenge.

Ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bu komeje gufata indi ntera, nimugihe umuyobozi w’ishuri ribanza, riherereye Kamanyola, muri teritware ya Walungu,…

Abo bike kwa, kwari Wazalendo, bambuye abagenzi ibyabo, mu bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo.

K’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, itariki ya 06/01/2024, abaganzi bambuwe ibyabo k’u muhanda wa Walungu-Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bya vuzwe…

Umutekano wa karere k’i Mulenge, muri Kivu y’Amajy’epfo, ukomeje kuzamba kubera Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR.

Umutekano ukomeje kuzamba, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Imisozi miremire y’Imulenge, igizwe n’i Cyohagati, Mibunda, i Ndondo, Minembwe,…

I Kalehe, umzalendo, yishwe atwitswe n’Insoresore zituriye Santire ya Bulambika.

Umzalendo, yishwe atwitswe, n’abaturage baturiye Bulambika, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. N’ibyabaye ahagana isaha z’igitondo, kuri uyu wa…