• Tue. May 7th, 2024

Masisi

  • Home
  • Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC, ifata n’ibindi bice by’ingenzi, muri Masisi.

Nyuma ya Rubaya , M23 yakomerejeho kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC, ifata n’ibindi bice by’ingenzi, muri Masisi.

Nyuma y’uko M23 ifashye Centre ya Rubaya, yakomerejeho gufata n’ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ahagana isaha z’umugoroba wajoro, zo ku wa Gatatu,…

Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Intambara ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/04/2024 hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni imirwano iri kubera mu bice byo muri teritware ya…

Kuri uyu wa Mbere, haramukiye ibitero mu bice byo muri teritware ya Masisi, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23.

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15/04/2024, haramukiye intambara hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika…

Kuri iki Cyumweru, hongeye kubura imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hongeye kubura imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa M23. Ni imirwano yatangiye kumvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito ahagana isaha z’i gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, tariki…

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryishe abaturage ku mugaragaro muri teritware ya Masisi,mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 burashinja ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, gutera ibisasu mu baturage bigahitana abasivile, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu. Ni…

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baramukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo…

Mu bice byo muri teritware ya Masisi byongeye kuramukiramo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito kuri uyu wa Kabiri.

Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/04/2024, habyukiye imirwano ikaze mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya…

Havuzwe ibindi bishya ku ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Tshisekedi.

Kuri iki Cyumweru tariki ya 31/03/2024, hiriwe agahenge ku murongo w’u rugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya…

Amakuru mashya M23 yafashe ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo, bya Kirumbu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru mashya M23 yafashe i Centre ya Kirumbu, yarimo ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR. Ni mu mirwano yaramukiye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu…

Kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri teritware ya Masisi.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi. Ni…