• Sun. May 19th, 2024

Abari bakomerekejwe n’ibisasu byatewe i Bujumbura bamwe muribo bitabye Imana.

Share with others

Abari bakomerekejwe n’ibisasu byatewe i Bujumbura bamwe muribo bitabye Imana.

Ni mu ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 06/05/2024 nibwo abantu bari bitwaje imbunda bateye ibisasu byo mu bwoko bwa grenade mu mujyi wa Bujumbura bigasiga bikomerekeje abantu umunani muri aba hari abamaze kwitaba Imana, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa King Murundi.

Abagera muri batatu nibo bapfuye, nyuma y’uko bari bajanwe mu bitaro bya gisirikare biherereye muri Quartier ya Kamenge.

Aha muri Quartier ya Kamenge ni naho hatewe ibisasu aho byatewe mu tubare tubiri turi impande yahubatse itorero rya Katolika, nk’uko iy’inkuru yakomeje itangazwa n’urubuga rwa King Murundi.

Ay’amakuru anavuga ko abateye ibyo bisasu ko bahise burira imodoka ya double cabine ifite pulake ya IT, ihita yerekeza umuhanda werekeza kuri Gare du Nord muri Bujumb.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *