• Mon. May 6th, 2024

Month: April 2024

  • Home
  • Mu nkengero z’i Rukombe, ahazwi nka Nyabibuye havuzwe intambara ikomeye yo gusubiranamo kwa Maï Maï.

Mu nkengero z’i Rukombe, ahazwi nka Nyabibuye havuzwe intambara ikomeye yo gusubiranamo kwa Maï Maï.

Mu nkengero z’i Rukombe, ahazwi nka Nyabibuye havuzwe intambara ikomeye yo gusubiranamo kwa Maï Maï. Ni Maï Maï iyobowe n’uwiyita Musombwe n’indi nayo iyobowe n’uwiyita General Pepuwa Mbirizi, nk’uko iy’inkuru…

Igihugu cy’u Bushinwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, buri ruhande rwateguje urundi kurushwanyaguza.

Leta y’u Bushinwa yateguje Amerika ku yishwanyaguza mu gihe yaba ikomeje kubangamira inyungu zayo. Nibyatangajwe ku wa 29/04/2024, aho byavuzwe n’u muvugizi wa minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Lin…

Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Imwe mu mbunda zikomeye ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zakoreshaga zayambuwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23). Ni imbunda izwiho kurasa kure ikaba iri no mu…

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu. Ni bikubiye mu gitabo ya muritse, icyo yise “Pour un Congo retrouve” yakigaragajemo…

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo irifuza ko Karidinali…

Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa zongeye gukubitwa inshuro, zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo za perezida Félix Tshisekedi Tshilombo za kubiswe inshuro kuri uy’u wa Kaburi, tariki ya 30/04/2024 zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (m23). Bikubiye mu butumwa bwa tanzwe n’umuvugizi…

Bitunguranye, kompanyi ya Kenya Airways, yahagaritse ingendo yagiriraga i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kompanyi ya Kenya Airways, yahagaritse ingengo yakoreraga i Kinshasa ku murwa mu kuru w’i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni bikubiye mu itangazo Kenya Airways yashize hanze kuri…

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera. Ku munsi w’ejo hashize, mu rugo rw’Umunyamulenge, witwa Kineza rw’injiriwe n’insoresore z’itwaje imbunda zabo mu bwoko bw’Abapfurelo, zisahura…

I Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12.

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo hashize, umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12, amurasira mu bice byo kwa Mboko, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana isaha…

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze. Ni amakuru yemejwe n’umwe mu basirikare bakuru b’ingabo za Ukraine, Lt Gen Oleksandr Syrsky wavuze ko byabaye ngombwa…