• Mon. May 6th, 2024

Imyigaragambyo

  • Home
  • Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo mu mujyi wa Kampala. Ni umubano byavuzwe ko uzaba ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024,…

I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bateguye imyigaragambyo idasanzwe yiminsi ibiri.

I Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hateguwe imyigaragambyo izamara iminsi ibiri yo kwamagana ubwicanyi bukorerwa abasivile. Ni myigaragabyo iri butangire kuri…

Mu mujyi wa Goma, hateguwe imyigaragambyo idasanzwe yo kweguza ubuyobozi bw’i Ntara.

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo yo gusaba ubuyobozi bw’i Ntara kwegura, nyuma y’uko ubwicanyi bukorerwa abasivile bwongye gufata indi ntera muri iyi minsi.…

I Goma, habaye imyigaragambyo idasanzwe yo gusaba ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku rwana zidahunga.

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye imyigaragambyo yo gusaba ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ku rwana zivuye inyuma murwego rwo kugira zirukane umutwe wa M23.…

Umusirikare wa FARDC, yiciwe mu myigaragabyo ikarishye yazindukiye mu marembo y’u Mujyi wa Goma.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yiciwe mu myigaragabyo irimo kubera i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu myigaragabyo yazindukiye i Mugunga, mu marembo y’u Mujyi wa…

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yasabwe kutagurisha igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umuryango uharanira impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, LUCHA wakoze imyigaragambyo usaba umukuru w’igihugu w’icyo gihugu kutagurisha igihugu. Ni k’umunsi w’ejo hashize tariki ya 04/03/2024, abanyamuryango ba LUCHA bigaragambije,…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo itandukanye niyahoraga ikorwa.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bongeye gutegura imyigaragambyo igamije gusaba leta ya Kinshasa kuvanaho imisoro iyari yo yose. N’i bikubiye mu rwandiko rwa nditswe na Sosiyete sivile, itsinda…

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, habaye imyigaragambyo yo kwirukana Abatutsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu myigaragabyo yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

Abantu ibihumbi n’ibihumbi bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu by’u Buraya na Amerika, i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga,…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, LUCHA, rya teguye imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo leta yafashe cyo guharika moto gukora nyuma ya saakumi na zibiri, i Goma. Bya…