• Mon. May 6th, 2024

Bukavu

  • Home
  • Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

Mu gihe benshi bakomeje kwibaza ku ruzinduko rwa Lt General Pacique Masunzu yagiriye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka. Lt Gen Pacifique Masunzu yageze i…

Umunyamulenge w’u musirikare yagambaniye bagenzi be, boherezwa gufungirwa i Kinshasa, bavuye muri Kivu y’Epfo.

Abanyamulenge 5 b’abasirikare n’abasivile 2, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bagambaniwe boherezwa i Kinshasa gufungirwa yo. Ni mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, nibwo i Bukavu ku murwa mukuru w’i…

Televisiyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zafunzwe.

Televiziyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zafunzwe. Ni televiziyo ya Guverineri Théo Ngwabidje, yakoreraga mu mujyi wa Goma yafunzwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024, nk’uko bikomeje…

Abanyeshuri Babanyamulenge biga ku mashuri ya kaminuza i Bukavu, muri Kivu y’Epfo, bateguye ikiganiro cy’amahoro.

Abanyeshuri b’Abanyamulenge biga ku mashuri ya kaminuza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bateguye ikiganiro cy’amahoro. Ni ikiganiro kiri butangire isaha ya saa tanu z’igitondo cyo…

Abanyeshuri Babanyamulenge biga ku mashuri ya kaminuza i Bukavu, muri Kivu y’Epfo, bateguye ikiganiro cy’amahoro.

Abanyeshuri b’Abanyamulenge biga ku mashuri ya kaminuza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bateguye ikiganiro cy’amahoro. Ni ikiganiro kiri butangire isaha ya saa tanu z’igitondo cyo…

Guhonyara uburenganzira bw’Abanyecongo baba Nyamulenge, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi.

Guhonyora uburenganzira bw’Abanyecongo baba Nyamulenge muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi. Ni major Mutagata Thomas, usanzwe akora akazi ki gipolisi i Goma, k’u murwa mukuru…

Brig Gen, uyoboye ingabo za FARDC mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe i Bukavu, igitaraganya.

Brig Gen, uyoboye ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zo muri Regima ya3301 , iherereye mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagawe i Bukavu, igitaraganya. Ni kuri uyu…

Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.

Gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za SADC zari Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni byamaze ku menyekana ko ingabo za SADC, zari Goma…

Abo bike kwa, kwari Wazalendo, bambuye abagenzi ibyabo, mu bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo.

K’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, itariki ya 06/01/2024, abaganzi bambuwe ibyabo k’u muhanda wa Walungu-Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bya vuzwe…

Mugihe i Bunia, abakozi ba CENI, bakijijwe n’amaguru, i Bukavu, muri Kivu y’Amajy’epfo, ruswa niyo irimo gukora kugira ngo utore.

Ku santire y’Amatora iherereye muri Komine ya Shari, mu Mujyi wa Bunia, mu Ntara ya Ituri, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye akavuyo kasize abakozi ba CENI bahunze muri…