• Tue. May 7th, 2024

Umutekano

  • Home
  • Umuryango w’Abibumbye waburiwe ko u Burasirazuba bwa RDC, umutekano waho ukomeje kuzamba bityo bigakururira akarere kose umutekano muke.

Umuryango w’Abibumbye waburiwe ko u Burasirazuba bwa RDC, umutekano waho ukomeje kuzamba bityo bigakururira akarere kose umutekano muke.

Umuryango w’Abibumbye wa buriwe ko umutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo ukomeje kuba mubi kurushaho. Ni ubutumwa bwatanzwe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga wa ONI, mu karere k’ibiyaga bigari,…

Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda, aho aje mu ruzinduko rwa kazi. Ni ahagana isaha ya saa munani n’iminota…

Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w’u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y’uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Hafashwe izindi ngamba zokurinda umutekano w’umurwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Kinshasa. N’i byatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024, bitangajwe na Komiseri mukuru wa Polisi…

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, agiye gutanga umusanzu kugira amahoro n’umutekano bikagaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yemeye kuganira na Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gushakira u Burasirazuba bwa RDC amahoro. Ni byatangajwe nyuma y’uko…

Mugihe M23 iharanira amahoro n’umutekano Monusco yo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta bakomeje ku wudobya.

Abasirikare bo mu mutwe wa M23 bongeye gukora umuganda rusange, hamwe n’abaturage bo mu bice bimaze kwigarurirwa n’uwo mutwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni bikubiye mu nyandiko umuvugizi wa…

Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.

Umutekano wongeye kuzamba mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo…

FARDC, ingabo z’u Burundi na FDLR, byatahuritse ko bagiye guhungabanya umutekano wa Banyamulenge mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu karere ka Gahororo(Rurambo), muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ingabo z’u Burundi n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo bihuje na FDLR. Kuva ku mugoroba w’ejo hashize,…

Ishirahamwe Socico RDC, rya shize hanze icyeranyo kiranga umutekano uko wari uhagaze mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, umwaka ushize.

K’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 13/01/2024, ishirahamwe rya SOCICO RDC rikorere mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, rya tanze raporo y’umwaka wose ku bijanye n’umutekano. Biciye mw’ijwi ry’u muyobozi mukuru…

Umukuru w’inyeshamba za Gumino, Alexis Nyamusaraba, ashinjwa n’Abapfulero ku bahungabanyiriza umutekano wa karere.

Uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino, yirukanwe n’Abapfulero mu karere ka Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, muri teritware ya Uvira, mu Ntara…

Ingabo za SAMIDRC, ngozaba ziteguye koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’i Nama iteguwe kuri uyu wa Gatandatu.

Abakuru b’ibihugu bagize umuryango wa SADC baganiriye ku ngabo nshya ziteganijwe koherezwa M’uburasirazuba bwa DRC. N’ikiganiro cyakozwe kuri uyu mugoroba wo ku wa kabiri, tariki 31/20/2023. Bariya bakuru b’ibihugu bigize…