• Mon. May 6th, 2024

Month: January 2024

  • Home
  • Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko Isi n’Inkiko zi komeye, zo kuri iy’Isi, zi zamagana ibikorwa bibi bikorwa n’umutwe w’ingabo z’umuryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ziheruka ko herezwa…

Muri Komine ya Oïcha, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,hiciwe abantu bagera ku munani.

Abantu umunani nibo bya menyekanye ko biciwe mu gitero cyagabwe mu gace ka Oïcha, muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya…

Urubyiruko rwo muri teritware ya Rutsuru, bavuga ko k’u butaka bwo muri teritware yabo ko hari kwinjira ingabo z’ikindi gihugu zifasha inyeshamba.

I Nama y’Urubyiruko rw’Abanyekongo rwo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bamenyesheje inzego za leta ya Kinshasa ko muri teritware yabo habonetse abasirikare ba Uganda. Ukuriye urwo…

Ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kw’i basira abasivile muri Masisi.

Karuba na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, harashwe ibisasu biremereye birashwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa. Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki…

FARDC irimo kwa maganwa n’abaturage baturiye agace ka Panzi, mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abaturage i Bukavu, bakoze i myigaragambyo yo kwa magana Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umusirikare yishe umuntu amurashe akomeretsa abandi ba biri. Imyigaragambyo ya bereye k’u…

Perezida wagateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw’itegura gutera u Rwanda.

Perezida w’inteko nshinga mategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahamagariye abanyekongo kw’itegura guhangana n’u Rwanda. K’uwa Mbere w’iki Cyumweru, tariki ya 29/01/2024, n’ibwo Christophe Mboso, yarahiriye kuyobora nka perezida…

FC Barcelone n’umutoza mushya uje gutsimbura Xavi Hernandez.

Amakuru yimikino turahera muri CAN dusoreze muri FC Barcelone. Bitunguranye cyane ikipe zikomeye zahabwaga amahirwe yokwegukana igikombe cy’Afrika zasezerewe rugikubita. Ikipe z’ibihugu nka: Égypte, Sénégal, Maroc, Cameroun na Algérie zamaze…

Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.

Papa Francisco, wa Kiliziya Katolika kw’Isi yavuze ko Abasenyeri bo muri Afrika bakwiye gufatwa mu buryo bwihariye ku kwa magana ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye (LGBT). N’ibyo Papa…

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko Guverinoma y’igihugu cye itazongera gushikirana na leta ya Kigali. Ni mu kiganiro Perezida Félix Tshisekedi, yahaye itangaza makuru…

Igisirikare cy’u Burundi, ngo cyaba cyiteguye gutera i Gihugu cy’u Rwanda.

Guverinoma y’u Burundi yongeye ku runda Ingabo zabo ku mupaka uhuza icyo gihugu n’u Rwanda. N’ibyatangajwe na minisitiri w’ingabo z’u Burundi, Alain Tribert Mutabazi, aho yemeje ayamakuru avuga ko Abasirikare…