• Sat. May 18th, 2024

Igitero

  • Home
  • Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe.

Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe.

Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe. Ni urugo rwa Chantal Furaha ruherereye muri Quartier ya Kabindura ho mu mujyi…

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na leta Zunze ubumwe z’Amerika ku bisasu biheruka kugwa mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga mu Ntara ya Kivu Yaruguru mu…

Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.

Abantu ba barirwa mu 17 nibo baguye mu gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Somalia. Ni mu gitero cyakozwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, ki gikozwe n’abarwanyi bo…

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatanze abategetsi b’u Burusiya kuvuga ku gitero cyagabwe i Crocus City Hall hafi n’u mu Mujyi wa Moscow. Ni mu gitero cyaraye ki gabwe mu…

Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.

Umurwa mukuru wa Ukraine wa gabweho igitero gikaze cy’Ingabo z’u Burusiya. Ni igitero Ingabo z’u Burusiya za gabye ku murwa mukuru wa Kyiv, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa…

Igitero gikaze cya Al-Shabaab, cyagabwe kuri imwe muri Hotel ziri hafi n’ingoro y’umukuru w’igihugu cya Somaliya.

Al-Shabaab yagabye igitero kuri Heteli iri hafi n’ingoro y’umukuru w’igihugu cya Somaliya. Ni byatangajwe n’itsinda rishinzwe umutekano k’u murwa mukuru Mogadishu, rivuga ko kiriya gitero cyagabwe n’intangondwa zo mu mutwe…

Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Haravugwa intambara ikomeye mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi. Ni ahagana isaha ya saa tatu n’igice z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere,…

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagabye igitero gikaze kigamije kwisubiza Kagano, birangira bahunze.

Uy’umunsi ku Cyumweru, mugace ka Kagano, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, hongeye kuba imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Repubulika ya demokarasi ya…

Abantu batatu bishwe abandi batanu barakomereka mugitero cagabwe aho bacyukura amabuye y’Agaciro muri Fizi.

Abantu batatu(3), nibo bishwe abandi batanu( 5), barakomereka mw’ijoro ryo kuwa Gatatu, rishira kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023. Amakuru avuga ko biciwe aho bacyukura amabuye y’Agaciro, mubice byo muri…

Ingabo z’umuryango wa Bibumbye Monusco zaburijemo igitero cya CODECO bashaka ga kugaba mu Nkambi y’Impunzi zirahitwa Drodro.

Ingabo za Monusco kuruyu wa Mbere zaburijemo igitero cya CODECO mu Mpunzi z’icumbikiwe mu Ntara ya Ituri. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 08/08/2023, saa 9:27pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…