• Mon. May 6th, 2024

Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.
  • Home
  • Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23). Ni ahagana mu rukerera rwo muri iki gitondo cyo…

Abagenzi bari bagiye Uvira bavuye mu Maheta baguye mu gico cy’abambuzi bamburwa utwabo.

Abagenzi bari bagiye Uvira bavuye mu Maheta baguye mu gico cy’abambuzi bamburwa utwabo. Ni ahagana isaha z’umugoroba wo ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje cyo ku itariki ya 04/05/2024 nibwo…

I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu biremereye bigira abo bikomeretsa.

I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu bigira abo bikomeretsa. Nimuri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere itariki ya 06/05/2024, nibwo ibisasu byo m’ubwoko bwa grenade…

Umugambi wa leta ya Kinshasa wo kurwanya no guhashya Twirwaneho igizwe n’abaturage b’Abanyamulenge watahuritse.

Hari abarwanyi bahawe misiyo yo kurwanya abaturage b’irwanaho bo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri komanda Secteur wa…

SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y’ivuye inyuma.

SADC yatangaje ko yamaganye M23, inatangaza ko igiye kuyirwanya yivuye inyuma. Ni bikubiye mu itangazo umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, washize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru,…

Havuzwe andi makuru mashya ku barwanyi bashaka kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi, bahereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Hatangajwe andi makuru mashya ku barwanyi bamaze igihe barwanira mu nkengero z’u murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bazwi kw’izina rya Maï Maï Mobondo. Aba barwanyi…

Agace ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziri guhungiramo ko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ka menyekanye.

Agace ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zahungiyemo ari ninshi ko muri Kivu y’Epfo, ka menyekanye. Ni muri uru rugamba rw’iminsi ine, rusa nu rwongeye guhindura umurongo,…

Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Urujijo ku barwanyi bavuzwe mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turi busoze kuri iki Cyumweru cyo ku itariki…

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na leta Zunze ubumwe z’Amerika ku bisasu biheruka kugwa mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga mu Ntara ya Kivu Yaruguru mu…

I Bwerimana muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatewe ibisasu bibiri biremereye.

I Bwerimana ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haguye ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa Locket. Ni kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04/05/2024, ahagana mu…