• Mon. May 6th, 2024

Fardc

  • Home
  • Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nibikubiye mu butumwa Abaturage ba Mugunga batanze bakoresheje amajwi,…

Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Intambara ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/04/2024 hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni imirwano iri kubera mu bice byo muri teritware ya…

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Abamotari bane bishwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni ahagana isaha z’u mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki…

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakubiswe byo gupfa, akubiswe n’abaturage i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Urubyiruko rwo muri Goma, rwa kubise byo gupfa umusirikare wari umaze kwica abasivile mu mujyi wa Goma. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 21/04/2024, nibwo umusirikare…

Igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, cyongeye ubundi bwirinzi budasanzwe kugira Goma ntifatwe na M23.

Hashizweho ubwirinzi bukomeye kugira umujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ntuje mu maboko ya M23. Ni uburinzi bukomeye bwashizweho nyuma y’uko bamwe mu banyamuryango ba…

Umuhungu w’u muganga wari umaze iminsi yaraburiwe irengero mu mujyi wa Goma, ku mugoroba w’ejo hashize, yatoraguwe ari umurambo.

I Goma, umuhungu wu munganga wari umaze iminsi yaraburiwe irengero, ku Cyumweru, ejo hashize, basanze aho yapfiriye. Ni Freddy Balolage, watoraguwe atakiri muzima hubwo ari umurambo, nk’uko byavuzwe kuva ku…

I Goma, izuba riva kuri uyu wa Gatandatu, umusirikare wa FARDC yarashe umuturage ahita apfa.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo yarashe umumatari ahita apfa. Ni ahagana isaha ya saa tanu zo kuri uyu…

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z’Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Inka zine z’Abatutsi zishwe zirashwe n’umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC). Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 09/04/2024, Inka z’abo mu bwoko bw’Abatutsi, bo mu Ntara ya…

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibye biratera bija ku rundi rwego.

Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, habonetse ibindi bimushira mu kaga. Ninyuma yifatwa ry’uvugwa ko ari umunjyanama wihariye wa Corneille Nangaa, ukuriye ihuriro ry’umutwe wa…

Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziravugwaho gutegura ku gaba ibitero mu baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho. Ni amakuru avuga ko ibyo bitero biri gutegurwa n’ingabo zo muri…