• Sun. May 19th, 2024

Amerika

  • Home
  • Umunyamerika uhagarariye Abanyekongo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabye ko Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange ko bitabwaho.

Umunyamerika uhagarariye Abanyekongo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabye ko Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange ko bitabwaho.

Umu Nyamerika uhagarariye Abanyekongo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika,, Morgan McGarve, yandikiye Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu muryango w’Abibumbye, Thomas Greenfield, amusaba kwita ku kababaro Abanyamulenge n’Abatutsi bose…

Ingaruka z’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Birundi, zageze no mu Banye-Kongo.

Gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda ngo biri mubyatunye haba ingaruka mbi ku butunzi bureba ibihugu byombi ndetse n’u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi byagaragaye ahanini…

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bwasabye iperereza ry’Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika birasaba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba muri icyo gihugu. Mu ntangiriro…

Ibihugu bikomeye birimo Amerika, by’ikanze Ishyaka rya AFC, riheruka kuvuka, rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, binyuze muri Ambasade yabo i Kinshasa k’umurwa mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ihangayikishijwe n’umutwe wa politike wavukiye muri Kenya, uyubowe na…

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23. Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House,…

Amerika yashimiye umukuru w’igihugu ca RDC nu w’u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo na Mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, bashimiwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba baragize uruhare runini rwo kugarukana agahenge kamahoro…

Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za America bishinzwe akarere ka Afrika y’iburasizuba, batangaje ko Félix Tshisekedi afite amahigwe yokongera kuzatorerwa Manda y’ubutaha.

Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za America bishinzwe kugenzura no gukora iperereza kubijanye na politike yo muri Afrika y’iburasizuba (EAC) bashize hanze ibyo bakuye muri anketi bakoze tariki zitanu zukwezi…

Jean Mungu Bele, kumunsi w’ejo hashize yageze Kinshasa kumurika ikorana buhanga aheruka kuvumbura, akaba ariwe wakoze Smartphones OKAPI.

Umugabo w’umunyafrika ukomoka muri RDC, yavumbuye Computer na Smart Phone byahawe izina rya “Okapi.” Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 20/08/2023, saa 5:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umunyafrika ukomoka mugihugu…

Antony Blinken, wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakoranye ikiganiro na Perezida Paul Kagame, kubyerekeye umutekano wa RDC.

Kuruyu wa Kabiri, habaye ikiganiro kuby’umutekano wa RDC hagati ya Perezida Paul Kagame n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 16/08/2023, saa 10:00Am,…

Uwahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, ngoyaba agiye kwinjira gereza mugifungo cyimyaka 500.

Uwahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ngoyaba agiye gukatirwa imyaka 500 yigifungo. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 04/08/2023, saa 12:07Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…