• Sat. May 18th, 2024

Gumino

  • Home
  • Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umutwe witwara gisirikare wa Gumino ukorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, urimo gusaba abasore bawiyungaho maze batangire bakorere agatubutse. Ni bikubiye mu butumwa buri gutangwa na Alexis…

Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Urujijo ku barwanyi bavuzwe mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turi busoze kuri iki Cyumweru cyo ku itariki…

Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.

Leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yemeye guha akayabo k’ifaranga abarwanyi ba Wazalendo barimo n’umutwe witwara gisirikare wa Gumino. Ni amakuru ahamya ko Guverinoma ya Kinshasa, yemereye abarwanyi bose bakorera…

Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

Gumino nticyana uwaka n’Abapfulero baturiye Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki 20/03/2024, n’ibwo hamenyekanye ko abarwanyi bo mu mutwe wa…

Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Mu misozi miremire yo muri teritware ya Uvira, bya vuzwe ko haheruka kubera i Nama idasanzwe yahuje abarwanyi bazwiho gusenyera Abanyamulenge. N’i Nama bivugwa ko yabereye neza na neza mu…

Umukuru w’inyeshamba za Gumino, Alexis Nyamusaraba, ashinjwa n’Abapfulero ku bahungabanyiriza umutekano wa karere.

Uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino, yirukanwe n’Abapfulero mu karere ka Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, muri teritware ya Uvira, mu Ntara…

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k’uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

Byamaze kumenyekana ko uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ko ariwe watanze itegeko kuri Maï Maï, ribuza Abanyamulenge kurema Isoko ya Gatatu, iremera mu bice byo muri Localite ya Gitoga, muri Grupema…

Ihuriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, Gumino, FARDC na Maï Maï, bagabye igitero kigamije kurimbura abaturage ba Batutsi(Abanyamulenge), baturiye Localite ya Kahororo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

U mutwe w’inyeshamba wa Gumino na FDLR irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse na FARDC ingabo za RDC bihuje na Maï Maï ishinjwa kwica no kunyaga Inka zabo m’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge),…

Umutwe w’inyeshamba wa Gumino iravugwaho kwakirwa n’ingabo za FARDC zomuri brigade ya 12.

Mu Minembwe haravugwa uruntu runtu n’imugihe ingabo za FARDC zivugwa gukorana byahafi n’ingabo za Gumino. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/07/2023, saa 6:07pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Mu Minembwe…

Umutwe wa Gumino, mumisozi miremire y’Imulenge, wagiye ugaragaza inshusho n’inshi.

Umutwe wa Gumino, Munshusho Zitandukanye Mukarere k’imisozi miremire y’Imulenge. Twashatse kubabwira kubintu bimwe nab’imwe byagiye b’iranga Umutwe wa Gumino, kuruyu munsi Abanyamulenge, benshi bibaza ibibazo byinshi chane kuruyu mutwe witwara…