• Sun. May 19th, 2024

Amerika

  • Home
  • Amerika N’Umuryango W’ubumwe Bw’ibihugu By’i Burayi Bihangayikishijwe No Kwaguka Kwa BRICS

Amerika N’Umuryango W’ubumwe Bw’ibihugu By’i Burayi Bihangayikishijwe No Kwaguka Kwa BRICS

Umuryango wa BRICS witeguye gukomeza kwaguka mu 2024. Biteganijwe ko kwinjiza ibihugu byinshi bishya muri Mutarama, biteganijwe ko uyu muryango uzahamagarira ibihugu byinshi kwinjiramo mu gihe runaka uyu mwaka. Hamwe…

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

Perezida Joe Biden, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinjwa kuba akoresha ibinini biri mu bwoko bw’ibiyobyabwenge. Ni byatangajwe n’umuganga w’indwara zo mu mutwe, Carol Lieberman, wo mu gihugu cya Leta…

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden mu ijambo yagejeje ku baturage baturiye Amerika yababwiye ko iki gihugu kiri mu bihe bitacyoroheye. Ni mu ijambo uy’u mukuru w’igihugu…

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya. N’ibyatangajwe na General Michael Langley wo mu ngabo z’Amerika. Ya bitangaje kuri uyu wa Gatanu,…

U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

I Gihugu cy’u Budage cyatangaje ko u Burusiya buteganya gutera u muryango mpuzamahanga wa NATO uzwi nk’u w’ubwirinzi. Ni byatangajwe na minisitiri w’ingabo z’igihugu cy’u Budage, Boris Pistorius, ubwo yari…

Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahawe uburinzi bukaze, i Kinshasa. Ni kuri uyu wa Mbere, aba polisi bashizwe imbere ya Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kugira ngo bahagarike…

Itangazo ry’amagana u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, na Tshisekedi wagize icyarivugaho ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa.

Itangazo rya vugako leta Zunze Ubumwe z’Amerika zokeje i gitutu i Gihugu cy’u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryiswe ko ari ibihimbano bya…

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abarimo n’Abadepite bamaganye igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC.

K’u wa Kane, tariki ya 01/02/2024, i WASHINGTON, D.C. Depite André Carson, yashigikiye umwanzuro wa magana ihohoterwa rikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC). Imiryango iharanira…

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye kugena agashimwe kuwatanga amakuru atuma icyihe Joseph Kony, gifatwa mpiri.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongeye gutanga igihembo mugihe hagira utanga amakuru afasha kugira hafatwe umuyobozi mukuru w’u mutwe w’iterabwoba wa LRA. Ni byatangajwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ibinyujije kurubuga…

Amerika yo ngeye gusaba ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi, gukora iperereza ku matora aheruka kuba muri RDC.

Leta z’unze Ubumwe z’Amerika, zasabye ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi, gukora igenzura ry’imbitse ku matora aheruka kuba mur’iki gihugu. Ibi leta Zunze Ubumwe z’Amerika zabisabye binyuze ku munyamabanga mukuru…