• Sun. May 19th, 2024

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Share with others

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ikomeje kuza ku isonga mu bihugu byakira impunzi ninshi ku Isi.

Ni byatangajwe n’ikigo cya Sataker, aho kivuga ko ay’amakuru kiyakesha ‘ikigo gishinzwe gutunganya iby’impunzi.

Kivuga ko mu myaka ishize, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yimuye impunzi zirenga miliyoni 3, bituma iza ku isonga mu gushakira amazu mashya abantu bahunga urugomo, gutotezwa n’intambara zo muri Afrika.

Ivuga kandi ko mu mwaka w ‘ 2021 perezida Donald Trump ko yagerageje kugabanya umubare w’impunzi zakirwaga muri Amerika, kuku mbere kose hakirwa ga impunzi zigera 15.000 ku mwaka.

Nyuma ya Donald Trump impunzi zongeye kwa kirwa kandi ku bwinshi muri iki gihugu cy’i gihangange, nk’uko stacker yavuze ko mu mwaka w’2022 hakiriwe abarenga 25.000.

Ikomeza ivuga ko ahagana mu mwaka w ‘ 2023 umubare warushijeho kuzamuka kuko ho Amerika yakiriye impunzi zigera ku 60.000.

Iki kigo gikomeza kivuga ko umubare munini w’impunzi zemererwa n’Amerika kuhahungira niziva muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Siriya na Afuganisitani.

Aho iki kigo kivuga ko impunzi z’Abanyekongo zakiriwe muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma y’uko Donald Trump yari amaze kuva ku butegetsi, zigera 2,426, izavuye muri Afghanistan zo ni 1,299, Venuzera 1,230, Syria 981 mu gihe Burma ho havuye abagera kuri 826.

Staker yasoje ivuga ko intambara zurudaca zibasiriye Congo Kinshasa kozimaze imyaka myinshi, ko kandi zituma abenegihugu bakomeza guhunga k’ubwinshi, RDC ikaba ar’iyo ifite umubare wo hejuru w’baturage bahunga.

       MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.