• Tue. May 7th, 2024

Rdc

  • Home
  • Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo irifuza ko Karidinali…

Bitunguranye, kompanyi ya Kenya Airways, yahagaritse ingendo yagiriraga i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kompanyi ya Kenya Airways, yahagaritse ingengo yakoreraga i Kinshasa ku murwa mu kuru w’i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni bikubiye mu itangazo Kenya Airways yashize hanze kuri…

I Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakozwe urugendo rudasanzwe rugamije kubohoza igihugu cya RDC.

Hakozwe urugendo rwo kubohoza igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, rukorewe mu bice bigenzurwa n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga. Bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya…

Abantu benshi baguye mu bwato bwarohamiye mu Kiyaga cya Tanganyika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bwica abantu benshi. Ni ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 07/04/2024, ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika,…

Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Judith Suminwa Tuluka yagizwe minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokorasi ya Congo. Ni ahagana ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024, perezida Félix Antoine Tshisekedi, yashizeho Madamu…

Ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, byatangajwe ko zibayeho mubuzima bugoye kwihanirwa.

Byatangajwe ko ingabo z’i gihugu cya Afrika y’Epfo(SANDF), zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zibayeho mu buzima butari ubwo kwihanganirwa. Ni mu makuru yashizwe hanze n’urubuga rwo…

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi (WFP), watangaje ko ibibazo by’u butabazi bikomeje kuba ingorabahizi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. N’ibikubiye mu itangazo uyu muryango washize hanze ku mugoroba…

Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Ibiganiro hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byatangiye. Ni kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/03/2024, Abayobozi bo munzego nkuru z’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya…

Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’u ngirije, mw’ihuriro rya AFC, yatanze ibisobanuro ku ijambo rivuga “amahoro.”

Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’ungirije mw’ihuriro rya AFC, Berterand Bisimwa yasobanuye amahoro icyaricyo. Bikubiye munyandiko perezida Berterand Bisimwa yashize hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya…

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagize icyavuga ku gihano cy’u rupfu, cyasubijweho muri icyo gihugu.

Kwica abanyabyaha niyo mahitamo ya Guverinema ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni byatangajwe n’umuvugizi wa leta ya Kinshasa, bwana Patrick Muyaya, atangaza ko kwica abahimijwe ibyaha ari yo mahitamo…