• Mon. May 6th, 2024

Uvira

  • Home
  • Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera. Ku munsi w’ejo hashize, mu rugo rw’Umunyamulenge, witwa Kineza rw’injiriwe n’insoresore z’itwaje imbunda zabo mu bwoko bw’Abapfurelo, zisahura…

Imodoka yari itwaye imiti yabarwayi yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.

Imodoka yari yerekeje muri teritware ya Fizi itwaye imiti yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/04/2024, nibwo imodoka yari fite ikimenyetso cya Biben, ubwo…

Ibintu bikomeje kuba bibi kubera amazi akomeje kwiyongera mu bice byo muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibintu bikomeje kugenda nabi kubera umwuzure ukomeje kuzamuka Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu bice bihana umupaka w’u Burundi na…

Umwuzure udasanzwe wongeye gutera mu bice byo muri Uvira, mu gihe iyi tariki, bibuka abantu bishwe n’amazi umwaka w’2020.

Umwuzure ukomeye wateye abaturiye ibice byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya…

Muri Uvira, Lac Mulimbalimba Masururu, arashinjwa gushigikira M23.

Luc Mulimbalimba Masururu, wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yiswe umufatanya bikorwa w’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 09/04/2024,…

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kera kabaye, abaturage bafunze imihanda nyuma y’urupfu rwa Mutula.

Mu Mujyi wa Uvira, abaturage bagaragaje uburakari maze biroha mu mihanda. Ni ukubera urupfu rw’umusore ukiri muto wishwe mu ijoro, arashwe n’abantu baje bitwaje imbunda, bikekwa kwari Wazalendo, nk’uko bivugwa…

Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

Gumino nticyana uwaka n’Abapfulero baturiye Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki 20/03/2024, n’ibwo hamenyekanye ko abarwanyi bo mu mutwe wa…

Imirwano yavuzwe mu misozi ya Uvira, birakekwa ko ari Red Tabara yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi zo muri TAFOC.

Birakekwa ko Red Tabara ari yo yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi mu bice byo mu kibaya cya Rusizi. Ni kumunsi w’ejo hashize k’u wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024, humvikanye urusaku rw’imbunda…

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bi butse Muhoza Gisaro, ufatwa nk’intwari idasanzwe mu Banyamulenge.

Muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bi butse intwari Muhoza Gisaro ku nshuro ya 44. Ni Gisaro Muhoza, uzwi…

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, habaye imyigaragambyo yo kwirukana Abatutsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu myigaragabyo yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa…