• Fri. Apr 26th, 2024

Moïse Katumbi wahoze ari Guverineri w’i Ntara ya Katanga, yatangaje ko igihugu cya RDC kiri mu bihe biteye ‘agahinda.’

Moïse Katumbi Chapwe wahoze ari Guverineri w’i Ntara ya Katanga, yatangaje ko igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri mu bihe biteye ‘agahinda.’ Nibikubiye mu butumwa bw’inyandiko Moïse Katumbi…

Ibihugu bifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR, byo ngeye kwitwa ikibazo gikomeye mu muryango w’Abibumbye.

Ambasaderi w’u Rwanda uhoraho w’u muryango w’Abibumbye Ernest Rwamucyo, yashimangiye ko igihugu gishigikira umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari ikibazo kitaziguye ku Rwanda. Ni mu biganiro byahuzaga abagize akanama ka mahoro…

Minisitiri w’ingabo w’ungirije w’u Burusiya, yatawe muri yombi.

Minisitiri w’Ingabo w’ungirije w’u Burusiya Timur Ivonav yafunzwe. Ni byatangajwe n’ibiro bya perezida w’u Burusiya, aho byahise bivuga ko minisitiri w’ingabo w’ungirije w’u Burusiya Timur Ivonav, yatawe muri yombi. Mu…

Hatangajwe umubare mushya w’Abanyekongo bamaze kuva mu byabo mu gihe cy’amezi atatu kubera intarambara zurudaca.

Abarenga miliyoni zirindwi bamaze kuva mu byabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni bikubiye muri raporo yashizwe hanze na Amnesty International, aho yabisohoye muri iki Cyumweru turimo ahagana tariki…

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu mutwe wa M23 arashinja abategetsi ba Guverinema ya perezida Félix Tshisekedi gukoresha imari ya leta nabi. Ni bikubiye mu butumwa umuhuza bikorwa wa M23,…

Umuryango w’Abibumbye waburiwe ko u Burasirazuba bwa RDC, umutekano waho ukomeje kuzamba bityo bigakururira akarere kose umutekano muke.

Umuryango w’Abibumbye wa buriwe ko umutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo ukomeje kuba mubi kurushaho. Ni ubutumwa bwatanzwe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga wa ONI, mu karere k’ibiyaga bigari,…

Imodoka yari itwaye imiti yabarwayi yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.

Imodoka yari yerekeje muri teritware ya Fizi itwaye imiti yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/04/2024, nibwo imodoka yari fite ikimenyetso cya Biben, ubwo…

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Abamotari bane bishwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni ahagana isaha z’u mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki…

I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

Mu gihugu cya Kenya hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo. Ni Guverinoma ya Kenya yemeje ay’amakuru aho yanatanze umuburo ku baturage baturiye iki gihugu cya Kenya ko imvura iri…

Haravugwa imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, habaye imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu gace ka Kabondozi…