• Mon. May 6th, 2024

Politike

  • Home
  • Umugambi wa leta ya Kinshasa wo kurwanya no guhashya Twirwaneho igizwe n’abaturage b’Abanyamulenge watahuritse.

Umugambi wa leta ya Kinshasa wo kurwanya no guhashya Twirwaneho igizwe n’abaturage b’Abanyamulenge watahuritse.

Hari abarwanyi bahawe misiyo yo kurwanya abaturage b’irwanaho bo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri komanda Secteur wa…

SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y’ivuye inyuma.

SADC yatangaje ko yamaganye M23, inatangaza ko igiye kuyirwanya yivuye inyuma. Ni bikubiye mu itangazo umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, washize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru,…

Havuzwe andi makuru mashya ku barwanyi bashaka kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi, bahereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Hatangajwe andi makuru mashya ku barwanyi bamaze igihe barwanira mu nkengero z’u murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bazwi kw’izina rya Maï Maï Mobondo. Aba barwanyi…

Agace ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziri guhungiramo ko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ka menyekanye.

Agace ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zahungiyemo ari ninshi ko muri Kivu y’Epfo, ka menyekanye. Ni muri uru rugamba rw’iminsi ine, rusa nu rwongeye guhindura umurongo,…

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na leta Zunze ubumwe z’Amerika ku bisasu biheruka kugwa mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga mu Ntara ya Kivu Yaruguru mu…

Abasirikare ba leta ya Kinshasa baheruka guhunga ku rugamba icyo gisirikare gihanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, bakatiwe urwo gupfa.

Abasirikare b’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, baheruka guhunga mu ntambara bahanganyemo na M23 bakatiwe urwo gupfa. Ni urukiko rukuru rwa gisirikare rwo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, rwahamije…

Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo, rya buriye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuvana Ingabo ze, mu mujyi wa Goma. Ni bikubiye mu butumwa buri mu itangazo,…

Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Ni uyu munsi ku wa Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi…

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nibikubiye mu butumwa Abaturage ba Mugunga batanze bakoresheje amajwi,…

Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda. Nibyo perezida Félix Tshisekedi yagarutseho ku wa Kane, tariki…