• Mon. May 6th, 2024

Rurambo

  • Home
  • Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

Abarwanyi Gumino yarisigaje mu Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, birukanwe

Gumino nticyana uwaka n’Abapfulero baturiye Rurambo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki 20/03/2024, n’ibwo hamenyekanye ko abarwanyi bo mu mutwe wa…

Abanyamulenge bahawe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo, ba buherewe mu Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu Rurambo, ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hatanzwe ubutumwa buvuga ko Abanyamulenge bagiye kongera kubaka akarere k’i misozi miremire y’Imulenge. Ni byavugiwe mu masengesho adasanzwe…

Inka z’Abanyamulenge, zongeye kunyarwa mu Rurambo, zinyazwe na Maï Maï ndetse na FDLR.

Inka z’Abanyamulenge, zongeye kunyarwa mu Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni mu masaha y’iki Gitondo cyo kuri…

Ukuri n’ukuhe, Colonel Karemera, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino y’aba aherereye he?

Col. Karemera, wo mu mutwe wa Gumino, ngo y’aba aherereye he cyangwa yaratorotse? Iki n’ikibazo cy’ibazwa n’abenshi ba herereye i Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya…

Mugihe hasigaye amasaha make, abanyekongo bagatora Abayobozi, b’igihugu cyabo, kugeza ubu ibice bimwe birimo na Rurambo, ntibaragezwaho ibikoresho by’ifashishwa mu matora.

Akarere ka Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugihe hasigaye amasaha make ngo igikorwa cyo gutora gitangire bo ntibaragezwaho ibikoresho bi bafasha gutora. Kuri uyu wa…

Umukuru w’inyeshamba za Gumino, Alexis Nyamusaraba, ashinjwa n’Abapfulero ku bahungabanyiriza umutekano wa karere.

Uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino, yirukanwe n’Abapfulero mu karere ka Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, muri teritware ya Uvira, mu Ntara…

Abasirikare bo mw’itsinda rya TAFOC, berekeje mu Gitoga ho mu misozi ya Rurambo, nimugihe havuzwe umutekano muke.

Ingabo z’u Burundi zo mw’itsinda ry’ingabo zo mu mutwe wa TAFOC uwo zihuriyeho n’iza Repubulika ya Demokorasi ya Congo, zari i Gahororo mu misozi ya Rurambo, zavuye muri Localite ya…

Reverend Pastor Sefania Mufarasi, Umunyamulenge yaraye yishwe arashwe n’Abantu batarabasha kumenyekana.

Reverend Pastor Mufarasi Sefania, wo mw’itorero rya 8’e CEPAC Umunyamulenge, yaraye yishwe n’Abantu batarabasha kumenyekana. Ubu bugizi bwanabi bwakozwe ahagana isaha za samoya z’umugoroba n’kuko iyinkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye…

Amakuru y’imvahonshya mu misozi miremire ya Rurambo, akarere kari karasenywe na Mai Mai ifatanije na Red Tabara.

Inkuru y’imvahonshya kuri Rurambo. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Nyuma yuko akarere k’imisozi miremire ya Rurambo, kibasiriwe n’intambara zayogoje Uburasirazuba bwa Republika…

Inzara ngoyaba igiye gucika muri Rurambo, n’imugihe bahawe ubufasha bw’imbuto zimera vuba kandi zikera vuba.

Inzara ngo yaba igiye gucika muri Rurambo, muri teritware ya Uvira n’imugihe bahawe imbuto zimera vuba kandi zikera vuba. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 8:05pm, kumasaha ya Bukavu…