• Mon. May 6th, 2024

Tshisekedi

  • Home
  • Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo, rya buriye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuvana Ingabo ze, mu mujyi wa Goma. Ni bikubiye mu butumwa buri mu itangazo,…

Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda. Nibyo perezida Félix Tshisekedi yagarutseho ku wa Kane, tariki…

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo i Paris, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo mu gihugu cy’u Bufaransa, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye. Ni mukiganiro n’abanyamakuru umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi…

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu. Ni bikubiye mu gitabo ya muritse, icyo yise “Pour un Congo retrouve” yakigaragajemo…

Ibya jyanye perezida Félix Tshisekedi Tshilombo mu gihugu cy’u Budage, bya menyekanye.

Ibyajanye perezida Félix Antoine Tshisekedi mu Budage byatangajwe. Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 28/04/2024, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, yageze i Berlin mu gihugu cy’u Budage,…

Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe, perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ateganya kugirira i Paris mu Bufaransa.

Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ateganya kugirira i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa. Nibyashizwe hanze na Ambasaderi w’u Bufaransa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo,…

Abanyekongo baciriwe amarenga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ntacyo buzabagezaho.

Umwe mu bayobozi baheruka kwiyunga mu ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC), yavuze ko Tshisekedi Tshilombo ari mu batuma igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo…

Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yahawe ubutumwa bumukebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa nuko ubutegetsi bwe bugiye gushirwaho iherezo. Ni ubutumwa bwatanzwe…

Umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi, yagize icyavuga kuri Tshisekedi wagaragaye mu rusengero asenga.

Umuvugizi wa perezida Félix Tshisekedi yavuze kuri perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wagaragaye muri misa ejo ku wa Mbere i Kinshasa, ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya…

AFC ya Corneille Nangaa, yasabye abaturage b’i Goma kuba umwe muri iki gihe bari kwicwa n’ingabo za Tshisekedi.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, AFC, ri ramaga Ingabo za perezida Félix Tshisekedi kwica abaturage bayo i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika…