• Tue. May 7th, 2024

Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Urujijo ku barwanyi bavuzwe mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turi busoze kuri iki Cyumweru cyo ku itariki…

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na leta Zunze ubumwe z’Amerika ku bisasu biheruka kugwa mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga mu Ntara ya Kivu Yaruguru mu…

I Bwerimana muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatewe ibisasu bibiri biremereye.

I Bwerimana ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haguye ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa Locket. Ni kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04/05/2024, ahagana mu…

Hatanzwe umucyo kw’ibura rya divayi muri Katolika yo mu gihugu cya Uganda, ifatwa nk’i kimenyetso cya maraso ya Yesu.

Idini rya Katolika muri Uganda rivuga ko intambara ibera muri Gaza yabateye gukena divayi isanzwe yifashishwa mu kwibuka urupfu Yesu kristo yapfiriye ku musaraba. Bivugwa ko hashize igihe cy’amezi atatu…

Abasirikare ba leta ya Kinshasa baheruka guhunga ku rugamba icyo gisirikare gihanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, bakatiwe urwo gupfa.

Abasirikare b’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, baheruka guhunga mu ntambara bahanganyemo na M23 bakatiwe urwo gupfa. Ni urukiko rukuru rwa gisirikare rwo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, rwahamije…

Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo, rya buriye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuvana Ingabo ze, mu mujyi wa Goma. Ni bikubiye mu butumwa buri mu itangazo,…

Hahishyuwe ko ingabo za RDC zacitse intege, bityo M23 ikaba igiye gufata umujyi wa Goma biyoroheye.

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Ni uyu munsi ku wa Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi…

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, batewemo ibisasu n’igisirikare cy’u Burundi hamwe n’icya Congo, watangiye ku menyekana.

Umubare w’abantu baguye i Mugunga, barashwe n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo watangiye ku menyekana. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Gatanu, n’ibwo inkambi y’impunzi iri Mungunga,…

Umunyamulenge, Joseph Kamuhora, witabye Imana yarazwiho gukorera Imana n’ubuhanga bukomeye ku biganye nawe, muri teritware ya Uvira, Mwenga na Fizi.

Umunyamulenge, Joseph Mujonga Kamuhora, witabye Imana yarazwiho gukorera Imana n’ubwenge ku biganye nawe, muri teritware ya Uvira, Mwenga na Fizi. Yitabye Imana ku itariki ya 29/04/2024, nk’uko biri mu itangaza…

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nta kubabarira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zarashe mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nibikubiye mu butumwa Abaturage ba Mugunga batanze bakoresheje amajwi,…