• Sun. May 19th, 2024

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce two muri teritware ya Masisi. Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa…

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage. Ni ahagana isaha z’umugoroba zo kuri uyu wa Gatatu, n’ibwo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi…

Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe.

Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe. Ni urugo rwa Chantal Furaha ruherereye muri Quartier ya Kabindura ho mu mujyi…

Bimwe mu byaranze umuhango wo gushingura abazize ibisasu byatewe i Mungunga, hafi n’umujyi wa Goma.

Abantu bishwe n’ibisasu mu nkambi y’impunzi iri i Mugunga ku munsi w’ejo barashinguwe. Ni imibiri y’abantu mirongo itatu n’abatanu niyo yabashe gushingurwa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15/05/2024. Umuhango…

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico, yarashwe amasasu menshi muruhame ubwo yasuhuzaga abaturage. Ni ejo hashize, tariki ya 15/05/2024, n’ibwo minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu menshi akaza…

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

Muri Amerika indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka. N’indege yo mu bwoko Boeing 757 ya Donald Trump wahoze ari umukuru w’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yakoze impanuka,…

Amakosa icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.

Ibintu icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko. Ni amakosa abantu bakora batabizi bakaba bakwangiriza ubwonko bwabo. Nubwo bamwe baba babizi abandi bakaba batabizi; icyo dusabwa ni ukwirinda ayo makosa kuko…

I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

Urubyiruko rwo mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwakoze imyigaragambyo yo kwamagana uguceceka kwa mahanga mu gihe muri ibi bice abasivile bicwa umunsi ku wundi. Ni imyigaragambyo…

Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ateganya kugera mu Ntara ya Ituri imaze igihe ikorerwamo ubwicanyi. Ni uruzinduko bivugwa ko ruba kuri uyu wa Gatatu tariki…

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ibitero byagabwe ahatuwe n’abaturage benshi, mu duce duherereye muri…