• Sun. May 19th, 2024

Masisi

  • Home
  • Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baramukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo…

Mu bice byo muri teritware ya Masisi byongeye kuramukiramo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito kuri uyu wa Kabiri.

Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/04/2024, habyukiye imirwano ikaze mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya…

Havuzwe ibindi bishya ku ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Tshisekedi.

Kuri iki Cyumweru tariki ya 31/03/2024, hiriwe agahenge ku murongo w’u rugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya…

Amakuru mashya M23 yafashe ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo, bya Kirumbu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru mashya M23 yafashe i Centre ya Kirumbu, yarimo ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR. Ni mu mirwano yaramukiye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu…

Kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri teritware ya Masisi.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi. Ni…

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29/03/2024, igisasu cyahitanye abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba…

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo ku rwanya umutwe wa M23 zakubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23. Ni mu ntambara iri kubera mu Ntara…

Abarimo na Wazalendo bongeye gukubitwa ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, ibereye mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27/03/2024, ibisasu biturika cyane byo ngeye ku mvikana mu bice byo muri Grupema ya Kamuronza, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.…

M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 burashinja Ingabo z’a leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufatanya n’ingabo za mahanga, bagakora ibitero bibangamiye abaturage ba ba sivile mu Ntara ya Kivu…

M23 ku munsi w’ejo hashize yasubije inyuma ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa yari yabagabyeho, ndetse iza no gufata ibindi bice.

Ibitero by’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abo bafatanya kurwanya M23 byasubijwe inyuma n’uyu mutwe wongera no gufata ibindi bice. Ni mu mirwano ikaze yabaye ku munsi w’ejo hashize,…