• Sun. May 19th, 2024

Kutazatora Moïse Katumbi, ngo ni ukunyarwa zigahera nimugihe yasezeranije abanyabukavu ibyo umukongo wese y’ifuriza Congo nzima.

Share with others

K’umunsi w’ejo hashize k’u wa Mbere, tariki ya 27/11/2023, kandida k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu, Moïse Katumbi, y’i yamarije i Bukavu k’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abantu i bihumbi n’ibihumbi bari bitabiriye uriya muhango wa Moïse Katumbi wo kw’iyamamaza uriya mwanya w’u mukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba mu mpera z’uyu mwaka wa 2023. Ukwiyamamaza kwa Katumbi ufite nimero 3, kwabereye mugace kitwa Place du 24 ho mu Mujyi wa Bukavu.

Byavuzwe ko uriya kandida Moïse Katumbi, yasezeranije abanyabukavu ibintu bikomeye kandi byifuzwa n’umunyekongo wese.

Katumbi yagize ati: “Nzamaraho imitwe y’inyeshamba yose ikorera k’u butaka bwa Kivu y’Amajy’epfo nomuri Congo yose muri rusange. Nzabazanira amahoro mutigeze mubona kuzindi ngoma zabanjirije iki Gihugu.”

Katumbi yanahamagariye abategetsi ba Kinshasa bakomoka i Bukavu gufatikanya nawe maze bazubake u Mujyi wa Bukavu n’igihugu ca RDC
Ati: “Ndahamagarira Vital Kamerhe na Mukwege Denis gufatikanya nanjye tukubaka aka karere. Nzubaka uyu Mujyi uzaba indererwamo y’igihugu Ca Repubulika ya Demokorasi ya Congo.”

Twabibutsako ko bwana Katumbi Moïse, mubusanzwe akunze gukora ibyo avuga ibi yabigaragaje ubwo yari Guverineri w’Intara yahoze ari Katanga mu mwaka w’ 2007 kugeza u mwaka w’ 2015. Ubwo yari Guverineri icyogihe imitwe y’inyeshamba yayimazeho muri Katanga maze y’ubaka Katanga bundi bushya, harimo ko y’ubatse imihanda, abanyeshuri biga kubusa azana i modoka zitwara abagenzi harimo nizifasha abanyeshuri gukora ingendo zabo zishuri kubusa(Free).

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.