• Sun. May 19th, 2024

Uncategorized

[user_registration_form id=”2403″][user_registration_form id=”2403″]

  • Home
  • Leta ya Bujumbura y’injiyemo amazimwe nyuma y’uko isabwe kubwiza ukuri abarundi kucyoba cyarishe uwahoze ari perezida Peter Nkurunziza.

Leta ya Bujumbura y’injiyemo amazimwe nyuma y’uko isabwe kubwiza ukuri abarundi kucyoba cyarishe uwahoze ari perezida Peter Nkurunziza.

Ku wa Mbere, tariki 27/11/2023, u munyamakuru w’u murundi akaba n’umuyobozi mukuru wa Radio RPA ikorera mu gihugu c’u buhingiro, Bob Rugirika, yemeje ko uwahoze ari perezida w’u Burundi, Peter…

Ingabo za FARDC bongeye kugarura umutekano muri Grupema ya ka Kamba, nyuma y’uko Wazalendo bari bamaze gusenya amazu yabo m’ubwoko bw’Abatutsi.

Wazalendo bo mu bwoko bw’Abapfulero, batwitse inzu z’Abatutsi (Abanyamulenge), ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.…

Kuri uyu wa Mbere, hongeye kuba imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC ibereye mugace ka Rugarama.

Imirwano ikaze yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27/11/2023, aho yarimo ibera mugace ka Rugarama ho muri Grupema ya Bambo, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu…

U mutwe wa M23 washizeho imyanzuro ikomeye nyuma y’uko bakoranye ikiganiro n’abaturage ba Kitshanga.

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 26/11/2023, u mutwe wa M23, wakoranye ikiganiro n’abaturage baturiye u Mujyi wa Kitshanga maze ba basezeranya ibikorwa uyu mutwe ugiye gukora n’imugihe bavuga ko…

Wazalendo bo mu bwoko bw’Abapfurero, barahiriye kwica bakamaraho abo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), baturiye gurupema ya ka Kamba, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Localite ya Bwegera, i barirwa muri grupema ya ka kamba ho muri cheferie ya Plaine dela ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ubwicanyi bu komeje gufata intera…

Uruby’iruko rwabo mu bwoko bw’Abahutu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, basabye ko Intara yabo iba igihugu cyikukiye.

Uruby’iruko rwabo mu bwoko Bahutu ruyobowe nu witwa Mugiraneza, basabye inteko y’Abadepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ko Intara yabo boyigabura ikaba igihugu cy’igenga. Ni urwandiko rw’anditswe na komite yaru…

Ibikoresho by’agisirikare by’ingabo z’umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ngo byatangiye koherezwa muri RDC.

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC), zatangiye kohereza ibikoresho muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bizabafasha guhangana n’u mutwe w’inyeshamba wa M23. Nk’uko byatangajwe bwambere n’ikinyamakuru cyandikirwa Uganda Chimpreports,…

I biganiro by’abaturage na M23 byabereye i Jomba kuri Paroisse y’Idini rya Eklezia Katolika, kuriki Cyumweru, tariki ya 26/11/2023.

Kuriki Cyumweru, tariki ya 26/12/2023, u mutwe wa M23 waganiriye n’abaturage baturiye gurupema ya Jomba, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi…

I gihugu c’u Rwanda, cashizwe k’umwanya wa Kane mu bihugu bifite abaturage ba bayeho neza muri Afrika.

Igihugu c’u Rwanda cyaje k’u mwanya wa kane mu bihugu bifite abaturage ba bayeho neza ku mu gabane w’ Afrika (Best quality of life). Ibi byatangajwe n’Urubuga “Monkey Insider,” rukaba…

Intambara iheruka mu Rurambo ngoyaba ifitanye isano nibiheruka gutangazwa na Col. Richard Tawimbi, watangaje ko azifatanya n’Interahamwe na Maï Maï ngo batere u Rwanda?

Intambara iheruka kubera mu Rurambo, homuri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo ngoyaba ifitanye isano n’ibiheruka gutangazwa…