• Sun. May 19th, 2024

Rdc

  • Home
  • Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagize icyavuga ku gihano cy’u rupfu, cyasubijweho muri icyo gihugu.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagize icyavuga ku gihano cy’u rupfu, cyasubijweho muri icyo gihugu.

Kwica abanyabyaha niyo mahitamo ya Guverinema ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni byatangajwe n’umuvugizi wa leta ya Kinshasa, bwana Patrick Muyaya, atangaza ko kwica abahimijwe ibyaha ari yo mahitamo…

Minisiteri y’u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyivuga ku ntege nke, zigisirikare zicyo gihugu (Fardc).

Minisiteri y’u mutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, iragaya ubuyobozi bw’Ingabo z’i gihugu cyabo. Ni byatangajwe na minisitiri w’u mutekano muri leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ubwo yari…

Ibyimbitse ku gihano cy’urupfu, muri Repubulika ya demokarasi, n’abo cyagenewe.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwarekeyeho igihano cy’urupfu ku bantu bagambanira igihugu, no kubasirikare batererana abandi ku rugamba rwo kurwanya umwanzi. Ni bikubiye mu itangazo rya minisiteri y’ubutabera,…

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavanyeho igihano cy’urupfu.

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakuyeho igihano cy’urupfu. Ni bikubiye mu nyandiko zikomeje gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga, zanditswe na minisitiri w’u butabera muri leta ya perezida Félix…

Hatangajwe umubare w’ifaranga zikenewe kugira abakomeje kuva mu byabo kubera intarambara bafashwe, mu Burasirazuba bwa RDC.

Gutanga ubufasha ku Banyakongo bakomeje kuva mu byabo kubera ibibazo by’intambara harasabwa miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika. Ni byatangajwe n’uhagarariye ibiro bikuru bya UNHCR, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Angela…

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

Abadepite bagera kuri 49 birukanwe muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, haza abandi bashya bivugwa ko aribo batowe n’abaturage. Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, byemejwe n’urukiko rurengera…

Urukiko rwo muri USA, rwanzuye ko Google n’andi masosiyete atanu ntaruhare bafite mugukoresha abana muri RDC, hubwo babyegeka kubategetsi ba congo.

Urukiko rwo muri leta zunze ubumwe z’Amerika rwanzuye ko Apple, Google n’izindi kompanyi za tekinologi ko ntaruhare zifite mwi koreshwa ry’abana mu birombe bya mabuye y’agaciro muri RDC. Kuri uy’u…

I Bruxelles mu Bubiligi, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze Imbogamizi igihugu cye gifite.

Mu ruzinduko perezida Félix Tshisekedi yagiriye mu gihugu cy’u Bubiligi yabwiye ubutegetsi bwicyo gihugu imbogamizi igihugu cye gifite. Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, umukuru…

Enock Ruberangabo n’agatsiko ke, barashinjwa guhemukira ubwoko bw’Abanyamulenge, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minisitiri Alexis Gisaro na Enock Ruberangabo barashinjwa “guhemukira ubwoko ba vukamo bw’Abanyamulenge.” Ni Abanyekongo ba Banyamulenge bashinja minisitiri Alexis Gisaro na Enock Ruberangabo n’abandi bibumbiye mu gatsiko bavuga ko gahakwa…

Igihugu cy’u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw’i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n’impamvu y’ubwo bukene.

U Burundi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byashizwe mu Bihugu 10 bikenye kurusha ibindi byo ku mugabane w’Afrika, mu cyegeranyo cy’u yu mwaka w’2024. Ni ibikubiye muri raporo yashizwe…