• Sun. May 19th, 2024

I Goma

  • Home
  • Kalinda Dogo, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe,i Goma.

Kalinda Dogo, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe,i Goma.

Dogo Kalinda, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yishwe arashwe. Nyakwigendera Kalinda Dogo, avuka muri teritware ya Masisi, amakuru…

I Goma, Wazalendo na Sosiyete sivile,bakoze imyigaragambyo yamagana ingabo za EAC.

Muri Kivu y’Amajyaruguru, a Wazalendo, n’abagize Sosiyete Sivile, bakoze imyigaragambyo maze baja mu mihanda ya Goma, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18/10/2023. Nk’uko babivuze, intego y’iyi myigaragambyo ngo ni…

Ingabo za RDC muri Kivu yaruguru, zahawe amabwiriza mashya n’inyuma yuko bahawe umuyobozi musha.

Ingabo za RDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zahawe amabwiriza mashya n’inyuma yuko zihawe umuyobozi Mushashya bwana Major Gen Nduru Ychaligonza. Ni Munama yambere akoresheje abaofisiye ba FARDC muriyi Ntara…

I Goma,bunamiye abaheruka gupfira mumyigaragambyo yokwamagana ingabo z’umuryango wa b’Ibumbye (Monusco) n’ingabo za EAC.

Kumunsi w’ejo hashize tariki 02, zukwezi kwa Cyenda, uyumwaka, imiryango ya babuze ababo mu myigaragambyo iheruka kuba yokwamagana ingabo z’umuryango wa b’ibumbye (Monusco) n’ingabo za karere ka Afrika y’uburasirazuba (EAC)…

Minisitiri W’intebe W’ungirije Akaba N’a Minisitiri W’ingabo Za RDC, J.Pierre Bemba, Yageze I Goma.

Minisitiri w’intebe wungirije akaba n’a minisitiri w’ingabo, Jean-Pierre Bemba yageze kuri uyu wa mbere i Goma. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 12.06.2023, saa 3:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Nikuruyu…