• Sun. May 19th, 2024

Politike

  • Home
  • Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yageze muri Ukraine bitunguranye. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/05/2024, nibwo Antony Blinken yageze muri Ukraine aho ari muruzinduko rwakazi,…

Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Abaturiye umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo binubiye Abarundi baje gushakira lisansi muri ibyo bice ari benshi, bikaba byatumye igiciro cyayo kizamuka. Ni byatangajwe na batwara ibinyabiziga bo…

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa. Ni bikubiye mu butumwa buri gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye aho bivuga ko…

Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye izindi ndege z’intambara zizagifasha guhangana n’abarwanyi ba M23 bagize igihe bakizengereje. Ni drone zigera kuri zitatu, zikaba ari zo mu bwoko…

Diplomasi y’igihugu cya Congo-Kinshasa, iravugwamo uguhuzagurika gukaze, ndetse hamwe ishira ubwambure bw’iki gihugu ku karubanda.

Diplomasi y’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo iravugwamo uguhuzagurika gukaze. Mu minsi yavuba aha, i Kinshasa hafugufunguwe ambasade ya Ukraine, mu gihe iki gihugu cyari kiryohewe n’u Burusiya bwari…

U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

Leta ya Kigali yanyomoje ibirego yashinjwaga n’u butegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi byo kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu mu mujyi wa Bujumbura. Ni bikubiye mu butumwa u Rwanda…

Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.

Umutwe wa Red Tabara uwo leta y’u Burundi ishinja gutera ibisasu i Bujumbura wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye. Ni bikubiye mu itangazo Red Tabara yaraye ishize hanze…

Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.

Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi. N’ibyatangajwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Burundi, Pierre Nkurikiye, ubwo yari mu…

Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo. Ni minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya,…

Leta ya Kinshasa yisubiyeho ku cyemezo cyo gusenya umutwe w’iterabwaba wa FDLR.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwarafashye cyo gusenya umutwe wa FDLR. Ni cyemezo Guverinoma ya Congo n’iya Kigali zari zemezanije ko ari bwo buryo…