• Sun. May 19th, 2024

U Rwanda

  • Home
  • U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.

U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.

U Rwanda rwa garagaje impungenge ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, k’u bufasha bw’i bikoresho baha ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko ibi bishobora…

U Rwanda ruvuga ko kuba SADC na Monusco bikorana na FDLR ari ikibazo.

U Rwanda rwatangaje ko biteye ikibazo kuba ingabo za SADC na Monusco bikorana na FDLR. Ni byatangajwe n’umuvugizi w’u Rwanda w’ungirije Alain Mukuralinda, ubwo yagiranaga ikiganiro na Bwiza TV. Kuba…

Ubutegetsi bwa RDC, bakinguye inzira y’ibiganiro n’u Rwanda, ariko bashiramo amananiza.

Leta ya perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko ifunguye inzira y’ibiganiro ku Gihugu cy’igituranyi cy’u Rwanda ngo mugihe bazaba bu bahirije ibisabwa na Kinshasa. N’ibyo Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya…

U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

Hamenyekanye ko leta y’u Rwanda yatabaye i Gihugu c’u Burundi, mu bihe birenze bitanu(5). Ibi byi butswe mu gihe leta y’u Burundi, tariki ya 11/01/2024, ya funze imipaka ihuza u…

U Rwanda rwa humurije Abarundi bari k’u butaka bw’igihugu c’u Rwanda ko kandi bo batakora ibyo Bujumbura yakoze.

Leta y’u Rwanda yavuze ko yo idashobora gufata icyemezo nk’icyo u Burundi bwafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi. K’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, n’ibwo leta y’u Burundi yafashe…

U Rwanda, rurashinja umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kurangwa n’Indimi zibiri.

Guverinoma ya Kigali, irashinja umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kurangwa n’Indimi zibiri (2). Kigali, ibinyujije mu muvugizi wayo w’u ngirije Alain Mukuralinda, baranenga Félix Tshisekedi,…

U mukandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu, Félix Tshisekedi, akomeje kw’iyamamaza akoresheje amagambo aka kaye nimugihe yita abakandida bamwe abanyamahanga.

U mukandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu ufite nimero ya 20 bwana Félix Antoine Tshisekedi, kuri uyu wa Gatandatu, tariki 25/11/2023, y’i yamamarije mugace ka Kermesse i Gemena ahazwi nk’umurwa Mukuru w’Intara…

Intumwa y’umuryango wa L’ONI muri RDC Bintu Keita ndetse n’u Rwanda bamaganye urugomo rwa Wazalendo kubaturage ba Batutsi muri RDC.

Intumwa y’umuryango wa L’ONI muri RDC Bintou Keita, yamaganye ibikorwa bya Wazalendo, M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Nimugihe bari mukanama ka L’ONI i Geneve, gashinzwe uburengazira bwa Muntu…