• Sun. May 19th, 2024

SADC

  • Home
  • M23 yashwanyaguje ibibunda by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

M23 yashwanyaguje ibibunda by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

M23 yashwanyaguje ibimodoka by’intambara by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19/03/2024, ibereye mu misozi y’unamiye centre ya…

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kiri gutozwa ibyabafasha bagatsinsura umutwe wa M23, ugize igihe warabazengereje.

Ingabo za SADC zikomeje guha imyitozo ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, mu rwego rwo kugira ngo barwanye M23. Ni mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo,…

Ingabo za SADC zakijijwe n’amaguru nyuma yuko habaye ubushamirane hagati y’abo, n’igisirikare cya RDC.

Gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za SADC zari Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni byamaze ku menyekana ko ingabo za SADC, zari Goma…

L’armée de la SADC doit rentrer chez elle, disent les Congolais.

Les Congolais accusent l’armée de la SADC d’abandonner Wazalendo dans la lutte contre le M23 sur le champ de bataille, ils exigent donc que l’armée de ces pays qui sont…

Bidasubirwaho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zasabiwe gucyurwa mu bihugu byabo.

Abanyekongo barashinja ingabo za SADC gutererana Wazalendo k’urugamba bahanganyemo na M23, bityo bagasaba ko ingabo z’i bihugu byaje gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gutaha iwabo. N’i bikubi…

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.

Imirwano iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatumye abaturage benshi bongera guhunga mu bice bya teritware ya Masisi na…

Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01/03/2024, i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateraniye i Nama yahuje abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu byo hereje abasirikare babo…

Ibimodoka byo mu bwoko bw’ibifalu by’ingabo za SADC bya huye n’uruva gusenya mu mirwano yabereye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Imodoka zibiri ziri mu bwoko bw’ibifalu by’i ngabo za Sadc byatewe ibisasu maze bihinduka umuyonga. Ni byabaye uy’u munsi k’u wa Kane, tariki ya 29/02/2024, bikaba bya bereye i Sake,…

Corneille Nangaa yatangaje ko nta mpungenge Alliance Fleuve Congo ifitiye ingabo za SADC.

Corneille Nangaa uyoboye Alliance Fleuve Congo yatangaje ko nta kabuza umutwe we uzavanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ni byo Corneille Nangaa yagarutseho mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cya La libre,…

SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, bahunze amasigamana mu mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

Ihuriro ry’ingabo zirwana kuruhande rwa Guverinema ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zirutse amasigamana zihunga ingabo za General Sultan Makenga, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya…