• Sun. May 19th, 2024

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa

  • Home
  • Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagabye igitero gikaze kigamije kwisubiza Kagano, birangira bahunze.

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagabye igitero gikaze kigamije kwisubiza Kagano, birangira bahunze.

Uy’umunsi ku Cyumweru, mugace ka Kagano, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, hongeye kuba imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Repubulika ya demokarasi ya…

Ihuriri ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye muri Karuba.

Muriki Gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 28/01/2024, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye mu baturage baturiye Localite ya Karuba, muri teritware ya Masisi, mu Ntara…

I bisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, birimo kwica abaturage muri Sake, nyuma y’uko muri uwo Mujyi hateye ubwoba budasanzwe.

Nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zihunze mu bice byabereyemo imirwano ikaze, bahanganyemo na M23, bahungiye muri Sake, maze muri uy’u Mujyi haba ubwoba bwinshi. Bya vuzwe ko M23,…

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bafungiwe i mihanda maze bakizwa n’amaguru m’urugamba barimo na M23.

Kur’izi Saha zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, Ingabo za M23, zihanganye n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zimaze gufata umuhanda uhuza Goma…

Ibi Bomba by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byishe abaturage basaga 10, muri Mweso.

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/01/2024, ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, bateye iki bombe cyica abantu ba barigwa mu icyumi (10), abandi benshi bakomeretse; n’ibyabereye mu…

Ibitero by’ejo hashize byongeye gukara ku mpande zose zirwana hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Imirwano ikomeje guhanganisha Inyeshamba za M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 17/01/2024, yabereye mu nkengero za Lacalite ya Karuba, muri teritware ya Masisi,…

Inka z’Abtutsi zanyazwe n’abungeri bazo bashimutwa n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zirashe ibisasu biremereye mu bice biherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, banyaze Inka z’Abatutsi muri teritware…