• Sun. May 19th, 2024

Fizi

  • Home
  • Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

Ingabo z’u Burundi zabarizwaga mu bice bya Komine ya Minembwe, bahurutse mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.…

Maï Maï yo mu Lweba no kuri Mugela, bahamagariwe ku gaba ibindi bitero mu Banyamulenge.

Umutekano ukomeje kuzamba mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Byongeye ku vugwa ko Maï Maï, yongeye kwisuganya…

Hatahuwe ibindi by’imbitse ku bitero biheruka kugabwa mu Mihana ya Banyamulenge, bigabwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa FDLR, Red Tabara na Maï Maï.

Ha hishuwe ibindi by’imbitse ku ntambara iheruka kubera mu nkengero za Komine Minembwe, ni mugihe herekanwe impapuro zigaragaza ibyavuye mu ma Nama yagiye ahuza ririya huriro ry’imitwe y’i nyeshamba zagabye…

Igitero cya Maï Maï, Red Tabara, na FDLR, cyari cyagabwe mu nkengero za Komine Minembwe, Twirwaneho ya gisubije inyuma.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023, igitero cy’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda, ya Maï Maï, Red Tabara na FDLR, bari ba gabye mu Mihana y’abaturage ba Banyamulenge, baturiye Rutigita, kw’i Rumba…

Abacuruzi b’imyumbati n’ibindi biribwa ba bujijwe ku bizamura muri bi Bogobogo ahatuwe n’abaturage benshi ba Banyamulenge.

Maï Maï yo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, irashinjwa ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’ibindi biribwa ku bizamura…

Hongeye kwaduka u mwuka mubi hagati y’amoko aturiye Bibogobogo na Baraka no munkengero zaho, muri teritware ya Fizi.

U mutekano wongeye kuba mubi mubice bya Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe…

Abantu batatu bishwe abandi batanu barakomereka mugitero cagabwe aho bacyukura amabuye y’Agaciro muri Fizi.

Abantu batatu(3), nibo bishwe abandi batanu( 5), barakomereka mw’ijoro ryo kuwa Gatatu, rishira kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023. Amakuru avuga ko biciwe aho bacyukura amabuye y’Agaciro, mubice byo muri…

Muri Secteur ya Ngandja, mu m’Ajyepfo ya teritware ya Fizi, haravugwa imirwano hagati ya Mai Mai Bishambuke na Mai Mai y’Abavuga ururimi rw’ikibembe.

Havuzwe isubiranamo ry’aba Mai Mai Bishambuke na Mai Mai y’Abavuga ururimi rw’ikibembe. Ir’isubiranamo ryabereye muri Secteur ya Ngandja, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca…

Imitwe ibiri y’inyeshamba yari yarashinzwe kugira ngo yice Abanyamulenge (Tutsi) basubiranyemo bararimburana muri teritware ya Fizi.

Haravugwa uruja n’uruza rw’abaturage bo m’ubwoko bwa Bapfulero, Ababembe na Banyindu, bakomeje guhunga intambara z’abana babo mubice bya Kashongo na Mulinga no munkengero zaho aho ni muri Groupement y’Abashimukuma yo…

Inyeshamba za Mai Mai zirashinjwa kwica umusirikare womungabo za RDC ndetse no gusahura izahabu za Bashinwa i Fizi.

Umusirikare wa FARDC umwe(1) niwe umaze kumenyekana ko yapfuye abandi bane(4) bakaba bakomeretse nimugitero cagabwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai. Nk’uko byavuzwe n’uko iki gitero cagabwe aho bacukura…