• Sun. May 19th, 2024

FC Barcelone n’umutoza mushya uje gutsimbura Xavi Hernandez.

Share with others

Amakuru yimikino turahera muri CAN dusoreze muri FC Barcelone.

Bitunguranye cyane ikipe zikomeye zahabwaga amahirwe yokwegukana igikombe cy’Afrika zasezerewe rugikubita.

Ikipe z’ibihugu nka: Égypte, Sénégal, Maroc, Cameroun na Algérie zamaze gusezererwa mugihe byari bitaragera kure nk’uko byahoraga.

Igikombe cy’Afrika cyari gifitwe n’ ikipe y’igihugu cya Sénégal, aho yagitwaye nyuma y’uko yari yatsinze ikipe y’igihugu cya Cameroun, kumukino wanyuma Sénégal, izakwigukana icyo gikombe. Ubu ho rero ni Sénégal na Cameroun zasezerewe bitunguranye.

Naho muri FC Barcelone, k’umunsi wa Gatandatu ubwo FC Barcelone yahuye n’ikipe ya Villarreal iza kunyagira FC Barcelone ibitego bitanu kuri bitatu(5-3) umutoza wabo Xavi Hernandez atangaza k’umugaragaro ko iyi ari Season ye yanyuma nk’umutoza wa FC Barcelone. Uyumunsi nibwo Joan Joan Laporta yatekereje kugarura uwahoze ari umutoza wayo Pep Guardiola i Barcelone kugirango aze gutsimbura mugenzi we Xavi! (Source: @elchiringuitotv ).


Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

One thought on “FC Barcelone n’umutoza mushya uje gutsimbura Xavi Hernandez.”

Comments are closed.